SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abanyarwanda bifuza kwimuka bashyizwe igorora na Vmovers Ltd
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Kwamamaza > Abanyarwanda bifuza kwimuka bashyizwe igorora na Vmovers Ltd
Kwamamaza

Abanyarwanda bifuza kwimuka bashyizwe igorora na Vmovers Ltd

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/12 at 3:29 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
abakozi ba Vmovers babakira neza kandi bafite uburambe
SHARE

Mu gihe muri iyi minsi mu Rwanda hari hazwiho ko igihe umuntu washakaga kwimuka byamusaba kwimuka ninjoro cyangwa ugasanga ibintu bye byangiritse kuri ubu mu Rwanda habonetse igisubizo aricyo sosiyete ya Vmovers ifasha abantu kwimura ibintu byabo mutekano uhambaye kandi bagasubiza ibintu byawe uko byari bipanze mu nzu yawe .

Vmovers ltd n’isosiyete yu Rwanda, yashinzwe kandi ikorera mu Rwanda. itanga serivisi nziza zo kwimuka no gupakira ibintu byo mu nzu ndetse n’ibicuruzwa aho waba uri hose waba ubivana cyangwa ubijyana muri afurika y’iburasirazuba ndetse no mu bindi bice .

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 igihugu cy’Imisozi igihumbi cyateye imbere mu buryo bwihuse cyane ku buryo n’imibereho yagiye ihinduka cyane ku buryo abantu benshi bari basigaye babura uko biyitaho mu bikorwa byabo byinshi harimo no kwimuka

Kubera iyo Mpamvu Sosiyete ya Vmovers Ltd yatangiye gutanga serivie ku bakiliya bayo uburyo bwiza bwo kwimura ibintu byabo mu buryo bwizewe kandi bwa kinyamwuga ,aho bafite uburambe bwo bwo kwimura abantu ku biciro bihendutse kandi kandi birimo ubunyamugayo .
Vmovers yimura ibintu byawe mu mutekano ukomeye haba mu mvura cyangwa kw’izuba ibintu byawe bikagera aho bijyanywe neza kandi iyo habaye igihombo yishyura umukiliya wayo nta nkomyi ibi bikaba biri mu bituma ikomeje kuza kw’isonga

Vmovers ltd yita ku bintu byawe, yubaha umutungo wawe, kandi urebe ko umunsi wawe wimuka utarimo stress kandi bihendutse bishoboka.
Twiyubakiye abakiriya bacu b’indahemuka ku izina ryiza ry’umwuga no kwizerwa – iri zina ni byose kuri twe. Tuzahuza nawe kandi tumenye neza ko dukeneye ibyo ukeneye.

Mu kiganiro n’ushinzwe iyamamaza bikorwa bya Vmovers yadutangarije ko sosiyeteyabao itanga serivise zitandukanye mu buryo bwo kwimura abantu harimo kwimura ibikoresho byo mu biro ,kwimura ibintu mu gihugu hagati ndetse no kure yaho ,Gupakira ibintu byawe no kubipakurura mu mutekano wabyo ndetse no kwimura ibintu byo mu nzu .

yakomeje avuga ko Inshingano za Vmovers ari uguhumuriza abakiliya bayo ndetse n’imiryango hashimangirwa ko kwimura ibintu byabo babijyana ahantu hashya nta kibazo bigomba kubamo cyangwa igihombo icyo ari cyose.

Mu gusoza yatubwiye ko kubera serivise nziza baha abakiliya babo Vmovers ubu ibarirwa mu sosiyete akora ibijyane no kwimura abantu mu Rwanda yizewe , nayo ikaba yizeza abakiliya bayo ubu ibiciro bagiye kubishyira hasi kandi baizeza ko ibintu byabo igihe cyose bizajkya bitwara n’abakozi ba Vmovers bizajya biba bifite umutekano uhagije .

abakozi ba Vmovers babakira neza kandi bafite uburambe

Vmovesr tubimurira ibintu neza bikagera aho bigiye mu mutekano
Vmovers tubafungira ibikoresho byanyu mu mutekano ukomeye
Vmovers tubakorera amasuku mu biro ndetse no mu ngo zanyu

You Might Also Like

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

Israel Mbonyi yagizwe Brand Ambassador w’ikinyobwa cya Maltona gikorwa na Skol

Israel Mbonyi agiye kwamamaza ikinyobwa gishya cya Skol cyitwa Maltona

Nsanzabera Jean Paul March 12, 2024 March 12, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImyidagaduro

Umusizi Rumaga agiye gushyira hanze umuzingo we wa mbere yise Mawe

February 8, 2023
Iyobokamana

RIB yataye muri yombi Nzizera Aimable wayobora Rwanda Gospels Stars Live

June 10, 2024
Imyidagaduro

El Classico Beach yateguriye abanyabirori igitaramo gisoza icyumweru neza yise Week ends Vybes

June 8, 2023
Imyidagaduro

Phil Peter agiye gutaramira ku mugabane w’Uburayi

June 6, 2023
Iyobokamana

Cindy Marvine yafashijwe na Aline Gahongayire gushyira hanze indirimbo ye ya mbere yise Wondekura Norwa

January 24, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda

March 10, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?