Mu gihe muri iyi minsi mu Rwanda hari hazwiho ko igihe umuntu washakaga kwimuka byamusaba kwimuka ninjoro cyangwa ugasanga ibintu bye byangiritse kuri ubu mu Rwanda habonetse igisubizo aricyo sosiyete ya Vmovers ifasha abantu kwimura ibintu byabo mutekano uhambaye kandi bagasubiza ibintu byawe uko byari bipanze mu nzu yawe .
Vmovers ltd n’isosiyete yu Rwanda, yashinzwe kandi ikorera mu Rwanda. itanga serivisi nziza zo kwimuka no gupakira ibintu byo mu nzu ndetse n’ibicuruzwa aho waba uri hose waba ubivana cyangwa ubijyana muri afurika y’iburasirazuba ndetse no mu bindi bice .
Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 igihugu cy’Imisozi igihumbi cyateye imbere mu buryo bwihuse cyane ku buryo n’imibereho yagiye ihinduka cyane ku buryo abantu benshi bari basigaye babura uko biyitaho mu bikorwa byabo byinshi harimo no kwimuka
Kubera iyo Mpamvu Sosiyete ya Vmovers Ltd yatangiye gutanga serivie ku bakiliya bayo uburyo bwiza bwo kwimura ibintu byabo mu buryo bwizewe kandi bwa kinyamwuga ,aho bafite uburambe bwo bwo kwimura abantu ku biciro bihendutse kandi kandi birimo ubunyamugayo .
Vmovers yimura ibintu byawe mu mutekano ukomeye haba mu mvura cyangwa kw’izuba ibintu byawe bikagera aho bijyanywe neza kandi iyo habaye igihombo yishyura umukiliya wayo nta nkomyi ibi bikaba biri mu bituma ikomeje kuza kw’isonga
Vmovers ltd yita ku bintu byawe, yubaha umutungo wawe, kandi urebe ko umunsi wawe wimuka utarimo stress kandi bihendutse bishoboka.
Twiyubakiye abakiriya bacu b’indahemuka ku izina ryiza ry’umwuga no kwizerwa – iri zina ni byose kuri twe. Tuzahuza nawe kandi tumenye neza ko dukeneye ibyo ukeneye.
Mu kiganiro n’ushinzwe iyamamaza bikorwa bya Vmovers yadutangarije ko sosiyeteyabao itanga serivise zitandukanye mu buryo bwo kwimura abantu harimo kwimura ibikoresho byo mu biro ,kwimura ibintu mu gihugu hagati ndetse no kure yaho ,Gupakira ibintu byawe no kubipakurura mu mutekano wabyo ndetse no kwimura ibintu byo mu nzu .
yakomeje avuga ko Inshingano za Vmovers ari uguhumuriza abakiliya bayo ndetse n’imiryango hashimangirwa ko kwimura ibintu byabo babijyana ahantu hashya nta kibazo bigomba kubamo cyangwa igihombo icyo ari cyose.
Mu gusoza yatubwiye ko kubera serivise nziza baha abakiliya babo Vmovers ubu ibarirwa mu sosiyete akora ibijyane no kwimura abantu mu Rwanda yizewe , nayo ikaba yizeza abakiliya bayo ubu ibiciro bagiye kubishyira hasi kandi baizeza ko ibintu byabo igihe cyose bizajkya bitwara n’abakozi ba Vmovers bizajya biba bifite umutekano uhagije .



