SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Humble Jizzo yatangiye kwikorana umuziki ashyira indirimbo ye yambere hanze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Humble Jizzo yatangiye kwikorana umuziki ashyira indirimbo ye yambere hanze
Imyidagaduro

Humble Jizzo yatangiye kwikorana umuziki ashyira indirimbo ye yambere hanze

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/07 at 8:10 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Humble Jizzo wabaye mu itsinda rya Urban Boys, yatangiye urugendo rwo gukora umuziki ku giti cye, mu gihe ibihe bitari kumukundira kuba ari kumwe na mugenzi we Nizzo Kaboss bahoranye mu itsinda.

Ibi uyu muhanzi yabikomojeho nyuma yo gusohora indirimbo yise ‘Ifi’. Yavuze ko iyo ndirimbo yayikoze nyuma yo kubyemeranyaho na mugenzi we.

Ati “Urumva muri iyi minsi buri wese muri twe yihugiyeho, urasanga ari njye sindi mu Rwanda, Nizzo na we ahugiye mu bindi. Twemeranyije ko buri wese yaba akora ibye ariko bitavuze ko Imana idushoboje tutakorana.”

Humble Jizzo yahamije ko ari icyemezo yumvikanyeho na mugenzi we Nizzo ari nayo mpamvu ibihangano bya buri umwe nubundi azajya abinyuza ku mbuga zicuruza imiziki Urban Boys isanzwe ikoresha.

Yavuze ko byanze bikunze Urban Boys bazongera bagakorera hamwe.

Ati“Byanze bikunze, nguhaye nk’urugero vuba cyane hari ibyo turi kuganira tuzakorana ariko nyine ntibikuraho ko naba nkora na we akaba akora bitewe n’aho buri wese ari.”

Humble Jizzo ni umwe mu bahanzi bamamaye mu itsinda rya Urban Boys mbere y’uko itangira kuzamo ibibazo. Safi Madiba bahoranye yavuyemo mu 2018, ibyatumye hasigaramo babiri barimo Humble Jizzo na Nizzo Kaboss.

Bitewe n’impamvu z’umuryango we, Humble Jizzo yaje kuva mu Rwanda yimukira muri Kenya bituma n’ibikorwa by’itsinda bari basigaranye ari babiri bidindira kugeza ubwo kuri ubu buri wese yiyemeje kwikorana umuziki.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 7, 2024 March 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

RIB yerekanye Musabyimana Theophile ushinjwa kwihesha imitungo y’abandi

December 23, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye Abadepite bo mu Amerika

May 29, 2024
Imikino

Umuraperi La Fouine arataramira abanyarwanda mu gusoza imikino y’igikombe cy’Afurika cy’Abagore I Kigali

July 30, 2023
Imyidagaduro

Rema yasesekaye i kigali

October 20, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yitabiriye Inama yiga ku burezi n’ubumenyi muri Mauritanie

December 9, 2024
Imyidagaduro

Bebe Cool yahishuye agahinda yatewe no kumara amezi 8 atari kumwe n’umugore we Zuena

February 28, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?