SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Urukundo ruravuza ubuhuha hagati ya Kendall Jenner na Devin Booker nyuma y’umwaka batandukanye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Urukundo ruravuza ubuhuha hagati ya Kendall Jenner na Devin Booker nyuma y’umwaka batandukanye
Imyidagaduro

Urukundo ruravuza ubuhuha hagati ya Kendall Jenner na Devin Booker nyuma y’umwaka batandukanye

Gossip Kigali
Last updated: 2024/02/28 at 12:02 PM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

Umunyamideli kabuhariwe, Kendall Jenner akaba na  murumuna wa Kim Kardashian yasubiye mu rukundo n’umukinnyi wa Basketball Devin Booker nyuma y’umwaka  umwe  bari bamaz  batandukanye .

Kendall Jenner umunyamideli uri mubinjiza agatubutse ku Isi, akaba anafite kompanyi ikora ikinyobwa cya ‘Tequila’ kizwi ku izina rya ‘The 818’, amaze amezi atatu atandukanye n’umuhanzi Bad Bunny ukomoka mu gihugu cya Puerto Rico, kuri ubu yongeye gusubirana n’umukunzi we wa kera Devin Booker bari bamaze umwaka batandukanye.

Ni nka bya bindi bavuga ngo ‘amazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho’ nibyo byabaye kuri uyu munyamideli Kendall Jenner watandukanye na Devin akajya mu bandi none akaba yongeye ku musubiraho nk’uko TMZ yabitangaje. Aba bombi bari baratandukanye mu Kwakira kwa 2022.

Kendall yasubiranye na Devin bari bamaze umwaka batandukanye

TMZ ivuga ko amakuru y’urukundo rwabo yatangiye kuvugwa muri Mutarama ko Kendall Jenner w’imyaka 28 na Devin Booker w’imyaka 27 ukinira ikipe ya Phoenix Stars biyunze bagasubira mu rukundo dore ko ubwo batandukanaga nta mpamvu ikomeye yabatanyije uretse kuba buri umwe yarahuze ndetse no kuba baba mu mijyi itandukanye ku buryo kubonana byabavunaga.

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko gusubirana kw’aba bombi bimaze gusa nk’ibimenyerwa kuko mu 2020 bigeze gutandukana amezi 6 bongera gusubirana mu 2021 aribwo batandukanye mu 2022. Mbese ngo urukundo rwabo rwatangiye mu 2019 rurangwamo n’akavuyo ko gutandukana basubirana bya hato na hato.

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Gossip Kigali February 28, 2024 February 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda

March 10, 2025
Ikoranabuhanga

Umuvugizi wa RIB yaburiye abakoresha Urubuga rwa Whatsapp

June 5, 2024
Imikino

Umubyeyi wa Taddeo Lwanga ukina muri APR FC yitabye Imana!

December 11, 2023
Imyidagaduro

Niyonizera Judith yibarutse Umukobwa

September 28, 2023
Imikino

Kigali :KT Fitness Center izamamazwa na Super Manager yafunguye imiryango ku mugaragaro

April 22, 2024
Imikino

Peter Agblevor yasezeye kuri Musanze FC yerekeza muri Police FC!

December 29, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?