SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya
Imyidagaduro

DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/28 at 12:02 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase .

Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza  ukorera  umuziki we mu Leta Zunze ubumwe z’America kuri  ubu abaye umuhanzi wa mbere  usinye muri DopeDee Entertainment aho ariyo igiye kuzajya  ikurikirana ubuzima bw’umuziki  umunsi ku munsi.

Mu kiganiro  na Ahupa Radio  Dj Diddymana umaze kumneykana nk’umunyamakuru wa  RBA mu ishami rya  Magic  Fm  yatubwiye byinshi  mu byatumye  duhitamo gukora na Annie ndetse na gahunda bafite mu minsi irimbere .

Yakomeje avuga ko  kandi mu buzima bwabo  DopeDee Entertainement bafite gahunda yo  gukomeza  gufashanya  kugira ngo nabo ibikorwa byabo bikundwe akaba ariyo  mpamvu ku bushobozi bw’Imana  babashije  kongerama  Annie

Dj Diddyman  yadutangarije  kandi ,Annie ari umukobwa w’umuhanga ukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, kuri ubu bakaba bashyize hanze indirimbo ‘Nashimwe’ gusa  mu minsi iza  tukazabaha  indi nshya  yise “I need you Lord”.

Agaragaza ko kugeza ubu Dopedee yarimo aba DJ babiri aho bakora ibikorwa bitandukanye, bakaba baherukaga gushyira hanze indirimbo “Hasi” bahuriyemo na Fanta.

Kuba biyongeyeho Annie, abigaragaza nk’umugisha akanasobanura ko hari ibikorwa byinshi bari gutegura vuba cyane .

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 28, 2024 February 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

USA:Umuntu utazwi yarasiwe imbere ya White House

March 10, 2025
Utuntu n'utundi

Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko yahiye irakongoka

February 9, 2024
Imyidagaduro

Abakunda bateguriwe Ijoro ry’amateka mu Rukundo rwabo

February 8, 2025
Imikino

Perezida wa Sunrise FC Hodari Hilary yarekuwe!

December 29, 2023
Andi makuruKwibuka

Ubuyobozi n’abakozi ba Winner Bet basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama n’ivuriro rya The Kinsley Blake Hanner’ (Amafoto )

April 30, 2024
ImyidagaduroUbukungu

Inzu y’imideli ya ‘Lito Ris Design’ yashyize kw’isoko amoko mashya yibyo bakora

June 13, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?