SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ihuriro ry’Urubyiruko rw’Abaskuti mu Rwanda rwatoye komite nshya izaruyobora
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ihuriro ry’Urubyiruko rw’Abaskuti mu Rwanda rwatoye komite nshya izaruyobora
Andi makuru

Ihuriro ry’Urubyiruko rw’Abaskuti mu Rwanda rwatoye komite nshya izaruyobora

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/19 at 1:06 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cy’ubuskuti aho urubyiruko  rutandukanye ruuri kwigishwa kuba  Umuskuti mwiza  uzagira uruhare  mu kwimakaza  ubufatanye  bugamike  imbere .

 Ubwo  icyo gikorwa  cyo gutangiza ku mugaragaro icyo gikorwa mu muhango wabereye  mu karere ka Burera Umurenge wa Cyanika Akagari ka Gisovu mu Mudugudu wa Kamegeri, aho abaskuti  bari baturutse imihanda yose mu ntara y’amajyaruguru bifatanyije n’abashyitsi bakuru bagatera  ibiti bera imbugo aho bari bateraniye .

Nkuko twabigarutse  mu nkuru yacu  ibaza nyuma y’icyo  gikorwa  hakuriuye umuhango wo gutora  Komite y’Abayobozi bagize ,Ihuriro ry’Urubyiruko rw’Abaskuti mu Rwanda (Scout Youth Forum).

Uwo muhango witabiriwe  n’abari bagize komite icyuye igihe  ndetse  n’Abayobozi   bakuru mu muryango w’Abaskuti mu Rwanda barangajwe imbere na Komiseri Mukuru  Bwana Virgile Uzabumugabo ,Visi Komiseri  wungirije , n’abandi bayobozi ba amakomisiyo atandukanye muri uwo  muryango  hano mu  Rwanda

Mu Ijambo rye  Bwana Virgile  yashimiye abitabiriye amatora bose ukwihangana bagize kuva mu ngo zabo aho batuye hose  mu gihugu  abasaba gukomeza guharanira guteza umuryango w’Abaskuti imbere nkuko  imvugo yabo  ibaranga ibivuga  .

Yabasabye kandi kongera kuzirikana Isezerano twakoze, turusheho kurikurikiza, duharanira guteza imbere uburere bw’urubyiruko, turushaho guharanira gusiga isi ari nziza kurusha uko twayisanze.
Umuskuti – Imbere Heza.

Abatorewe manda nshya  yo kuyobora  iri  ,huriro ry’Urubyiruko rw’Abaskuti mu Rwanda

Perezidente: Ma Dalton Teta Sabine
Vice President: Shyorije Iragena Joseph Gabin
Secretaire: Muragijimana Isaie
Abajyanama: Irafasha Honorine na Mbonigaba Guillaume.

 

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Uganda : Ingabo za UPDF zaburijemo igitero cy’iterabwoba I Munyonyo hagwa babiri

Martin Fayulu udacana uwaka na Tshisekedi biyemeje gufatanya kurwanya Joseph Kabila

I Kigali hateraniye inama itegura ibikorwa by’ingabo za EAC biteza imbere abaturage

RIB yasabye abanyarwanda kwirinda ababashukisha akazi keza mu mahanga bizezwa ubuzima bwiza

Nsanzabera Jean Paul February 19, 2024 February 19, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Urugendo rwa Dj Jaba wifuza kugera ku rwego mpuzamahanga

May 1, 2024
Andi makuru

Umwana w’imyaka 10 yiciwe mu gitero cyagabwe kuri bus muri Cisjordanie

December 12, 2024
Andi makuru

PDiddy yikomye inzego za Leta ashyize ubuzima bwe mu kaga

October 10, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenge y’icyubahiro na Kaminuza ya Yonsei

June 5, 2024
Iyobokamana

Umuramyi Fortran Bigirimana agiye gukorera igitaramo I Bruxelles

August 7, 2024
Imikino

Polisi y’igihugu yaburiye abafana bateza akaduruvayo ku kibuga mu gihe cy’umukino

February 16, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?