SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Imyidagaduro

Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/08 at 10:38 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Michael Adebayo Olayinka wamamaye nka Ruger wafashijwe n’inzu ifasha abahanzi ya Jonzing World Record ya D’Prince, yamusezeyeho ahita atangiza iye yise Brown Boy Ent.

Ruger yashimiye D’prince uruhare yagize mu rugendo rwe dore ko ari na we wamuhaye izina nyuma yo kuvumbura impano ye.

Mu ijoro ryo ku itariki 6 Gashyantare 2024 Ruger yanditse kuri Instagram ye avuga ko yababajwe no kuba yafashe icyemezo cyo gutandukana na label yamufashije kwamamara.

Ati”Biteye agahinda ariko ngomba kugenda, mwarakoze kunyizera mukamfata ukuboko.Nta hantu nari kugera iyo mutanshyigikira. Imana niyo yonyine izangenda imbere muri uru rugengo rushya ntangiye. Ntangiye urugendo rushya nta kintu mbiziho ariko Imana izamba hafi kuko ni igihe cya Blown Boy Ent.”

Ruger yamamaye mu 2021 igihe isi yari mu bihe bidasanzwe bya Covid-19. Muri Werurwe ya 2021 yasohoye EP yise ’Pendemic’ yariho indirimbo yitwa Bounce yazamuye izina rye muri Nigeria no muri Afurika.

Nyuma yasohoye EP yise The Second Wave iriho indirimbo yamamaye cyane yitwa Dior inakunzwe kumwitirirwa.

Ruger yataramiye mu Rwanda ku itariki 19 Gashyantare 2022, mu gitaramo cyabereye kuri Canal Olympia.

D’prince watandukanye na Ruger yatangije Jonzing World Record mu 2019. Yasinyishije Rema waje kujya muri Mavin Records ya Don Jazzy.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 8, 2024 February 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakebuye abishyuza amazu mu madorali

January 10, 2025
Andi makuru

Minisiteri y’uburezi yahagaritse by’agateganyo gusura abanyeshuri bacumbikirwa

October 2, 2024
Imyidagaduro

Tom Close yashimiye abahanzi bamufashije gukora kuri Alubumu yise Essence

May 5, 2023
Imyidagaduro

Tyga na Avril Lavigne batandukanye nyuma y’amezi ane mu munyenga w’urukundo

June 21, 2023
Imikino

APR FC yatangije nabi umwaka abakunzi bayo muri ‘Mapinduzi Cup’

January 2, 2024
Imikino

Arsenal yatsinze Everton itayibabariye biyiha andi amahirwe yo gutwara igikombe

March 2, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?