SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nyuma yo kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso Henok Mulubrhan ntakitabiriye Tour du Rwanda 2024
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Nyuma yo kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso Henok Mulubrhan ntakitabiriye Tour du Rwanda 2024
Imikino

Nyuma yo kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso Henok Mulubrhan ntakitabiriye Tour du Rwanda 2024

Muhire Jimmy
Last updated: 2024/02/06 at 10:15 AM
Muhire Jimmy
Share
1 Min Read
SHARE

Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan wegukanye Tour du Rwanda 2023 ndetse wari witezweho kwitabira irushanwa ry’uyu mwaka, agiye kumara ibyumweru bitatu adakina nyuma kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso.

 

Henok Mulubrhan ukinira Ikipe ya Astana Qazaqstan aheruka kwerekezamo ku masezerano y’imyaka ibiri, yakoze impanuka ku wa Gatanu, tariki ya 2 Gashyantare, ubwo yagwaga hamwe n’abandi benshi mu isiganwa rya AlUla Tour.

Iyi mpanuka yatumye igufa ry’urutugu rwe rw’ibumoso ryangirika ndetse yabazwe ku wa Mbere nk’uko Ikipe ya Astana Qazaqstan yabitangaje.

 

Yagize iti “Uyu munsi, Henok Mulubrhan yabazwe ku igufa ryo mu rutugu rw’ibumoso kandi byagenze neza. Ubu, umukinnyi agiye kugira ibyumweru bitatu byo gukira mbere yo gusubira mu myitozo.”

Henok watwaye Tour du Rwanda 2023 akinira Green Project-Bardiani CSF-Faizanè, yari kuzakina Tour du Rwanda 2024 ari kumwe na Astana Qazaqstan Dev Team.

Uyu mugabo ni umwe mu mazina akomeye  yagombaga kugaragara muri Tour du Rwanda izaba iba ku nshuro ya 16 tariki ya 18-25 Gashyantare 2024.

Henok Mulubrhan ntakitabiriye Tour du Rwanda 2024 nyuma yo kubagwa urutugu

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Muhire Jimmy February 6, 2024 February 6, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

John Legend yunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali

February 24, 2025
Imyidagaduro

Abakobwa b’abanyarwenya bacibwa intege n’umuco wacu : Babu Comedian

March 11, 2024
Imyidagaduro

Kendo yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise “Keza” (Video)

January 26, 2023
Utuntu n'utundi

Kigali : CG Felix Namuhoranye yasabye abamotari kubahiriza amategeko y’umuhanda

March 25, 2024
Andi makuru

Yvan Muziki yongeye kugaruka ku butabazi Perezida Kagame yakoreye umubyeyi we .

July 11, 2024
Imyidagaduro

Urubanza rwa Prince Kid rwagombaga kuba uyu munsi rwimuwe

March 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?