Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo
Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo.
Yaje kubimenya ubwo mu gace k’iwabo haturikaga igisasu, hanyuma iwabo nta gutinzamo bagahita bimuka mu nzu nini barimo bakajya kuba mu zindi nzu nyinshi bari barubatse ahandi, mu gihe abandi baturage basigaye muri ako gace bari gusana ibyangiritse.

Davido yahishuye uko yamenye ko iwabo ari abakire afite imyaka 13
Dieudonne Kubwimana 15/01/2024 6:37




Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo
Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo.
Yaje kubimenya ubwo mu gace k’iwabo haturikaga igisasu, hanyuma iwabo nta gutinzamo bagahita bimuka mu nzu nini barimo bakajya kuba mu zindi nzu nyinshi bari barubatse ahandi, mu gihe abandi baturage basigaye muri ako gace bari gusana ibyangiritse.
Davido abarirwa mu bahanzi batatu bakomeye muri Nigeria, uramutse ubaze abahanzi bakomeye ku Mugabane wa Afurika, muri batatu ba mbere nabwo ntiyaburamo. Ni byinshi bigira uyu muhanzi igihangage, birimo kuba ari umukire ku rwego rwo hejuru kandi anakomoka mu muryango ukomoka mu gihugu cya Nigeria, ikindi kandi akaba azwiho ijwi ry’umwimerere.

Davido yahishuye uko yamenye ko iwabo ari abakire afite imyaka 13
Dieudonne Kubwimana 15/01/2024 6:37




Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo
Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo.
Yaje kubimenya ubwo mu gace k’iwabo haturikaga igisasu, hanyuma iwabo nta gutinzamo bagahita bimuka mu nzu nini barimo bakajya kuba mu zindi nzu nyinshi bari barubatse ahandi, mu gihe abandi baturage basigaye muri ako gace bari gusana ibyangiritse.
Davido abarirwa mu bahanzi batatu bakomeye muri Nigeria, uramutse ubaze abahanzi bakomeye ku Mugabane wa Afurika, muri batatu ba mbere nabwo ntiyaburamo. Ni byinshi bigira uyu muhanzi igihangage, birimo kuba ari umukire ku rwego rwo hejuru kandi anakomoka mu muryango ukomoka mu gihugu cya Nigeria, ikindi kandi akaba azwiho ijwi ry’umwimerere.
Ibi byose biraza bigatuma no ku Isi hose bamenya ubuhanga, ubukaka n’ubuhangange bwe kugeza n’aho muri Leta zitandukanye muri Amerika bagiye bamushyiriraho umunsi we wihariye wo kuzajya bamwizihiza. Ntabwo birangirira aho kuko n’ubundi usanga zimwe mu nzu zikomeye ku Isi zisanzwe ziberamo imikino n’imyidagaduro yarazujuje abantu mu gihe cyo gukora ibitaramo. Urugero hano twahita tuvuga nka O2 Arenaiherereye i London mu Bwongereza.