SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Davido yatangaje uko yamenye ko akomoka mu muryango w’abaherwe akiri muto
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Davido yatangaje uko yamenye ko akomoka mu muryango w’abaherwe akiri muto
Imyidagaduro

Davido yatangaje uko yamenye ko akomoka mu muryango w’abaherwe akiri muto

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/15 at 7:04 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
5 Min Read
SHARE

Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo

Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo.

Yaje kubimenya ubwo mu gace k’iwabo haturikaga igisasu, hanyuma iwabo nta gutinzamo bagahita bimuka mu nzu nini barimo bakajya kuba mu zindi nzu nyinshi bari barubatse ahandi, mu gihe abandi baturage basigaye muri ako gace bari gusana ibyangiritse.





Davido yahishuye uko yamenye ko iwabo ari abakire afite imyaka 13

Dieudonne Kubwimana 15/01/2024 6:37









Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo

Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo.

Yaje kubimenya ubwo mu gace k’iwabo haturikaga igisasu, hanyuma iwabo nta gutinzamo bagahita bimuka mu nzu nini barimo bakajya kuba mu zindi nzu nyinshi bari barubatse ahandi, mu gihe abandi baturage basigaye muri ako gace bari gusana ibyangiritse.

Davido abarirwa mu bahanzi batatu bakomeye muri Nigeria, uramutse ubaze abahanzi bakomeye ku Mugabane wa Afurika, muri batatu ba mbere nabwo ntiyaburamo. Ni byinshi bigira uyu muhanzi igihangage, birimo kuba ari umukire ku rwego rwo hejuru kandi anakomoka mu muryango ukomoka mu gihugu cya Nigeria, ikindi kandi akaba azwiho ijwi ry’umwimerere.





Davido yahishuye uko yamenye ko iwabo ari abakire afite imyaka 13

Dieudonne Kubwimana 15/01/2024 6:37









Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo

Umuhanzi Davido aherutse gutangaza ko yamenye ko iwabo ari abakire ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko. Yavuze ko bitewe n’ukuntu Papa we ari umuntu utajya yirata ubukire, byamutwaye imyaka myinshi kugira ngo amenye ko iwabo bakize mu gihe abandi bana bamenye ubwenge bazi ubushobozi bw’iwabo.

Yaje kubimenya ubwo mu gace k’iwabo haturikaga igisasu, hanyuma iwabo nta gutinzamo bagahita bimuka mu nzu nini barimo bakajya kuba mu zindi nzu nyinshi bari barubatse ahandi, mu gihe abandi baturage basigaye muri ako gace bari gusana ibyangiritse.

Davido abarirwa mu bahanzi batatu bakomeye muri Nigeria, uramutse ubaze abahanzi bakomeye ku Mugabane wa Afurika, muri batatu ba mbere nabwo ntiyaburamo. Ni byinshi bigira uyu muhanzi igihangage, birimo kuba ari umukire ku rwego rwo hejuru kandi anakomoka mu muryango ukomoka mu gihugu cya Nigeria, ikindi kandi akaba azwiho ijwi ry’umwimerere.

Ibi byose biraza bigatuma no ku Isi hose bamenya ubuhanga, ubukaka n’ubuhangange bwe kugeza n’aho muri Leta zitandukanye muri Amerika bagiye bamushyiriraho umunsi we wihariye wo kuzajya bamwizihiza. Ntabwo birangirira aho kuko n’ubundi usanga zimwe mu nzu zikomeye ku Isi zisanzwe ziberamo imikino n’imyidagaduro yarazujuje abantu mu gihe cyo gukora ibitaramo. Urugero hano twahita tuvuga nka O2 Arenaiherereye i London mu Bwongereza.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 15, 2024 January 15, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Sherrie Silver yatumiye Run Town mu birori bya The Silver Gala

September 5, 2024
Imyidagaduro

Clapton Kibonge yashyize hanze ibice bya mbere bya Filime Icyaremwe Gishya yakoze nyuma yo kuva mu bitaro

May 15, 2024
Andi makuru

M23 yageneye ubutumwa Leta ya RDC nyuma yo kuva kw’izima ikemera ibiganiro

March 13, 2025
Iyobokamana

Tonzi abaye umuhanzi wa mbere uririmba indirimbo zo guhimbaza ugurishije alubumu ye Miliyoni y’amanyarwanda

February 7, 2024
KwamamazaUbukungu

Abagore bitabiriye ibirori bya El Classico Women Day bishimiye serivise bahawe

March 10, 2024
Andi makuruUbukungu

MTN Rwanda yiseguye kubo yishyuje telephone za macye macye baratazifashe

August 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?