SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 727
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 727
Andi makuru

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 727

Ahupa Radio
Last updated: 2023/12/19 at 7:52 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE



Aa

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga yazamuye mu ntera abasirikare 727 bo mu Ngabo z’u Rwanda barimo n’abo ku rwego rw’abagenerali.

 Mu itangazo ryatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 19 Ukuboza 2023 rinyujijwe ku rukuta rwa X ya Minisiteri y’Ingabo, ryavugaga ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bari mu byiciro bitandukanye harimo n’abahawe ipeti rya Major General n’ubwo nta mazina yabo ryerekanana.

 Muri iri tangazo hagaragayemo ko Abasirikare 4 bari ku rwego rwa Brig General bazamuwe bakaba ba Major General, Aba Colonels 17 bahawe Brig General naho Aba Lieutenant Colonel 83 bagira ba Colonels.

 Rikomeza kandi ryerekana ko ba Majors 98 bagizwe ba Lieutenant Colonel naho ba Captains 295 bagirwa ba Majors. Ba Lieutenant 4 bahawe ipeti rya captain, abandi basirikare bato bari ku rwego rwa Non Commissioned Officers 226 bahabwa irya Second Lieutenant. Usibye mu bihe byihariye abasirikare benshi gutya baherukaga kuzamurwa mu ntera umwa ushize.

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Uganda : Ingabo za UPDF zaburijemo igitero cy’iterabwoba I Munyonyo hagwa babiri

Martin Fayulu udacana uwaka na Tshisekedi biyemeje gufatanya kurwanya Joseph Kabila

I Kigali hateraniye inama itegura ibikorwa by’ingabo za EAC biteza imbere abaturage

RIB yasabye abanyarwanda kwirinda ababashukisha akazi keza mu mahanga bizezwa ubuzima bwiza

Ahupa Radio December 19, 2023 December 19, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Rafael Nadal ntazakina US OPEN

August 8, 2024
Imikino

Rayon Sport yahagaritse umunyezamu Bonheur kubera imyitwarire Mibi mu kibuga

May 5, 2023
Andi makuru

Polisi y’u Rwanda yongeye kwitwara neza mu irushanwa Swat Challenge i Dubai

February 6, 2025
Imyidagaduro

Sony yaguze ibihangano bya Michael Jackson kuri Miliyoni 600$

February 12, 2024
Imyidagaduro

RIB yatangaje ko Fatakumavuta nyuma y’ibyo ashinjwa harimo no gukoresha ibiyobyabwenge

October 22, 2024
Andi makuru

Doug Emhoff umugabo wa Kamala Harris yirukanwe na Trump

April 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?