SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Myugariro wa Arsenal Jurriën David Norman Timber ari mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Myugariro wa Arsenal Jurriën David Norman Timber ari mu Rwanda
Imikino

Myugariro wa Arsenal Jurriën David Norman Timber ari mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/12/14 at 10:23 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri Premier League.

Timber w’imyaka 22, ntabwo ari gukina muri iyi minsi kubera imvune yagize muri Kanama ubwo yakiniraga Arsenal umukino we wa mbere muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza.

Umutoza Mikel Arteta, aherutse kuvuga ko uyu mukinnyi ari kurwana no gukiruka imvune, ariko azamara igihe kirekire adakina.

Ati “Ameze neza. Ari kunyura mu mvune ikomeye ariko urwego ageze aho ubu, ari kumera neza. Uburyo akora buri munsi burahagije kureba. Haracyari igihe kirekire tutamufite.”

Muri Nyakanga uyu mwaka ni bwo Timber yavuye muri Ajax, aguzwe na Arsenal kuri miliyoni 38.5£.

Biteganyijwe ko ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Ukuboza, ahura n’abana bakina umupira w’amaguru, abafana ndetse n’abanyamakuru kuri Kigali Pelé Stadium.

Muri Gicurasi 2018 ni bwo u Rwanda rwinjiye mu bufatanye na Arsenal FC, bugamije kurumenyekanisha nk’icyerekezo gikomeye cy’ubukerarugendo n’ishoramari, binyuze mu gushyira ikirango ‘Visit Rwanda’ ku kuboko kw’imyenda yayo.

 

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul December 14, 2023 December 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Ishimwe Josh wakuranye inzozi zo kuzaba umuramyi ukomeye yijeje abanyarwanda igitaramo kinogeye amaso

August 18, 2023
Andi makuru

Liberia : Prince Johnson wahoze ari umukuru w’inyeshyamba yitabye Imana

November 29, 2024
Andi makuruIyobokamana

Chryso Ndasingwa yahembuye imitima ya benshi mu gitaramo Easter Experince’

April 21, 2025
Imyidagaduro

Urubanza rwa Bishop gafaranga rwaburanishirijwe mu muhezo

May 22, 2025
Imyidagaduro

Umunyarwenya wamamaye ku rubuga rwa TikTok nka 2Pac yitabye Imana

March 31, 2023
Imyidagaduro

The Ben yiseguye ku muryango we nuwu mugore kubera ifoto bashyize hanze

December 30, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?