SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda
Imikino

Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/21 at 9:00 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Imodoka ya Mercedes Benz yakinishijwe n’Umwongereza Lewis Hamilton mu masiganwa y’imodoka nto ya Formula 1 yakoze amateka yo kugurishwa miliyoni 18.8 $.

Lewis Hamilton ni umwe mu bakinnyi ba Formula 1 bamaze igihe bakina uyu mukino ndetse banawukozemo amateka akomeye cyane yakozwe na bake kuva watangira gukinwa.

Ubusanzwe uyu mukinnyi wa Formula 1 akoresha imodoka zitandukanye bigendanye n’izigezweho mu mukino. Mu 2013 yakoreshaga iya Mercedes W04 nubwo itamufashije kwitwara neza mu mwaka w’imikino.

Muri uwo mwaka Lewis Hamilton yasoje ku mwanya wa kane mu gihe yifuzaga gutwara irushanwa ku nshuro ya gatandatu. Icyo gihe ryegukanwa na Sebastian Vettel.

Iyi modoka yo muri uwo mwaka yashyizwe ku isoko ndetse inatezwa cyamunara igurwa miliyoni 18.7 $ ikuraho agahigo kari gafitwe na Ferrari yatwarwaga na Michael Schumacher yagurishijwe 13 $.

Nubwo yagurishijwe ako kayabo ariko ntabwo ariyo modoka igurishijwe menshi y’ibihe byose kuko mu 2013 hagurishijwe imodoka yo mu 1954 yatwarwaga na Juan Manuel Fangio ya Mercedes W196R yatanzweho arenga miliyoni 19 $.

Imodoka y’uyu mukinnyi yagurishirijwe mu Mujyi wa Las Vegas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahaberaga isiganwa ribanziriza irya nyuma yasoje ari ku mwanya wa karindwi.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul November 21, 2023 November 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Rubavu :Abamotari basabwe kwirinda amakosa abashora mu mpanuka

December 11, 2024
ImikinoImyidagaduro

Riderman na Chris Eazy batumiwe mu birori byo gusoza Champion Leagues byateguwe na B&B FM

June 8, 2023
Imyidagaduro

Spice Diana yahishuye ko adafite gahunda yo kubyara vuba

March 27, 2025
Andi makuru

U Rwanda rwohereje abapolisi 180 mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique

April 20, 2023
Imyidagaduro

Knowless yavuye imuzi imvano y’ndirimbo umutima yashyize hanze

February 20, 2025
Imyidagaduro

Dj Sonia agiye gususurutsa abanyakenya mu gitaramo azahuriramo na Darassa

May 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?