SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Miss Jolly yegukanye igihembo cy’uvuga rikijyana muri Zikomo Awards
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Miss Jolly yegukanye igihembo cy’uvuga rikijyana muri Zikomo Awards
Imyidagaduro

Miss Jolly yegukanye igihembo cy’uvuga rikijyana muri Zikomo Awards

Gossip Kigali
Gossip Kigali
Published: November 20, 2023
Share
SHARE

Nyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2016, Mutesi Jolly, yegukanye igihembo cy’umuntu uvuga rikijyana muri Afurika bizwi nka ‘Best Zikomo Motivational Speaker’ mu bihembo bya Zikomo Africa Awards.

Miss Mutesi Jolly uherutse kwizihiza isabukuru y’amavuko mu birori by’agatangaza, kuri ubu ari mu byishimo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umunyafurika uvuga rikijyana mu bihembo mpuzamahanga bya Zikomo Africa Awards 2023 byatangiwe muri Zambia.

Muri ibi bihembo, Miss Jolly yari ahatanyemo n’abandi bantu bakomeye barimo Epi Mabika uturuka muri Zimbabwe, Paul Magola uturuka muri Tanzania, Simon Ssenkaayi ukomoka muri Kenya ndetse na Timothy Zambia ukomoka mu gihugu cya Zambia.

Muri ibi bihembo byari bihatanyemo n’abandi banyarwanda mu ngeri zitandukanye ariko nta wundi wigeze agira amahirwe yo kwegukana igihembo uretse Miss Jolly.

Zikomo Africa Awards, ni ibihembo ngarukamwaka bitangirwa muri Lusaka ho muri Zambia. Ibi bihembo bimaze kuba bimwe by’inganzamarumbo mu bitangirwa muri Afurika bikora mu nguni zirimo ubuzima, siyanse, imikino, tekinoloji n’imyidagaduro.

Ibi bihembo biterwa inkunga n’ibigo bikomeye birimo n’ibinyamakuru bifite izina ku isi. Mu baterankunga ba Zikomo Africa Awards 2023 harimo Coca Cola, Noneho Events, Afrocharts n’abandi.

Umuhanzikazi Tems yatangaje itariki azataramiraho i Kigali
Menya byinshi kuri Producer Prince Kiiiz wasimbuye Element muri Country Records
Bruce Melodie na Coach Gael biyemeje kugeza ikipe UGB kure muri Shampiyona
Konti ya Kanye West yakuwe ku rubuga rwa X
John Amos wamamaye muri filime Prince à New york yitabye Imana
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Where Top Online Pokies And Casinos New Zealand

May 28, 2024

Is 777 Casino Legit

May 28, 2024

Your Play Crown

May 28, 2024

Tokyo Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Pay Id Australian Casino

May 28, 2024

What Are The Best Licensed Online Casinos In Ireland

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?