SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe
Imikino

Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe

Muhire Jimmy
Last updated: 2023/11/09 at 6:56 PM
Muhire Jimmy
Share
2 Min Read
SHARE

Luis Manuel Díaz, Se wa Luis Díaz ukinira Liverpool FC, yarekuwe nyuma y’iminsi 12 yari amaze yarashimuswe n’Umutwe urwanya Leta ya Colombia ‘National Liberation Army (ELN)’.

Iyi nkuru yagiye hanze tariki 28 Ukwakira 2023 ubwo ababyeyi ba Luis Díaz ukinira Liverpool ari bo se, Luis Manuel Díaz na nyina Cilenis Marulanda bashimuswe n’abagabo bitwaje intwaro muri Colombia ubwo bari bagiye kuri sitasiyo.

Nyina yahise arekurwa mugihe izi nyeshyamba zasigaranye se umubyara . Icyo gihe Leta ya Colombia yashyizeho abashinzwe umutekano barenga 120 bo gushakakisha uyu mubyeyi cyane ko cyari ikibazo gihangayikishije iki gihugu.

Umubyeyi wa Luis Díaz akimara gufatwa, abantu benshi boherereje Luis Díaz ubutumwa bwo kumwihanganisha no kumwereka ko bamuri inyuma mu bihe bikomeye.

Luis Diaz yaje no guhabwa akanya ko kuruhuka adakina ariko nyuma aza gusubira mu ikipe ye na bagenzi be bakinana.

Mu cyumweru gishize ubwo Liverpool yanganyaga na Luton Town igitego 1-1, Luis Díaz yatsinze igitego azamura umwambaro agaragaza ubutumwa busaba ko se arekurwa.

Luis Díaz yari aherutse gutsinda igitego atanga ubutumwa busabira Se washimuswe kurekurwa

Luis Díaz ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Liverpool ndetse n’Ikipe y’Igihugu ya Colombia akaba n’umwe mu bakinnyi bakunzwe cyane muri iki gihugu.

Luis Díaz asanzwe akinira Liverpool FC yo mu Bwongereza
Luis Manuel Díaz ubyara Luis Díaz ukinira Liverpool FC yabonetse nyuma y’iminsi 12 yari amaze yarashimuswe

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Muhire Jimmy November 9, 2023 November 9, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzikazi Tems yatangaje itariki azataramiraho i Kigali

January 18, 2025
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeje gushyira hanze indirimbo zizakoreshwa mu matora ya Perezida wa Repubulika

May 28, 2024
Imyidagaduro

Abanyamuryango ba Tiger Gate S Ltd bakoze inama Rusange biyemeza gukomeza guteza imbere akazi kabo

August 13, 2024
Imyidagaduro

#Kwibuka31:Bwiza yasabye urubyiruko kudaceceka mu gihe hari abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025
Andi makuru

La Creola Restaurant & Lounge irashimira abakiliya bayigannye mu minsi mikuru

January 10, 2024
Andi makuru

M23 yishe Maj Gen Peter Cirimwami

January 24, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?