SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nshimiyimana Eric utoza ikipe ya Bugesera FC ashobora kwirukanwa!
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Nshimiyimana Eric utoza ikipe ya Bugesera FC ashobora kwirukanwa!
Imikino

Nshimiyimana Eric utoza ikipe ya Bugesera FC ashobora kwirukanwa!

Muhire Jimmy
Last updated: 2023/11/07 at 8:26 AM
Muhire Jimmy
Share
2 Min Read
Nshimiyimana Eric umusaruro we ukomeje kuba nkene
SHARE

Umutoza wa Bugesera fc Nshimiyimana Eric yicariye inkono ishyushye nyuma y’umusaruro muke iyi kipe ifite muri shampiyona y’ikiciro cyambere cy’umupira w’amaguru.

Amakuru ava muri iyi kipe aratangaza ko Komite Nyobozi y’Ikipe ya Bugesera FC izakora inama ku wa Gatatu tariki 8 Ugushyingo 2023 yiga ku hazaza h’umutoza Eric Nshimiyimana n’umusaruro nkene w’Ikipe.

Mu mikino 10 ya Shampiyona imaze gukinwa, Bugesera FC imaze gutsinda imikino ibiri gusa inganya itatu iri ku mwanya wa 13 n’amanota icyenda inganya na Sunrise ya nyuma gusa bagatandukanyea n’umubare w’ibitego.

Mu ikipe ya Bugesera fc hari amakuru avuga  ko hari abatangiye gukemanga umusaruro w’Umutoza Nshimiyimana Eric, bikavugwa ko ku meza y’ibiganiro hazaganirwa ku cyakorwa ngo umusaruro nkene w’Ikipe ushakirwe igisubizo.

Perezida wa Bugesera Fc Gahigi Jean Cloude ntiyishiye umusaruro ikipe ye ihagazeho

Nshimiyimana Eric umusaruro we ukomeje kuba nkene

Nshimiyimana Eric aje yiyongera ku batoza batatu bafite umusaruro utifashe neza ari bo Cassa Mbungo André wa AS Kigali iri ku mwanya wa 15, Gatera Mussa wa Gorilla FC na Bizumuremyi Radjab wa Etincelles FC.

Ikipe ya Bugesera iri kumwanya wa 13 k’urutonde rwa shampiyona n’amanota 9 aho ikurikiwe na Gorilla, As Kigali na Sunrise fc zose zinganya amanota .

You Might Also Like

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

APR BBC yongeye itsindirwa mu maso ya Perezida Kagame na MBB South Africa 98-88

Muhire Jimmy November 7, 2023 November 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Fortran Bigirimana yashyize hanze indirimbo Ndafise Impamvu yo gushima Yesu

February 27, 2024
Imyidagaduro

Burna Boy yatunguye umubyeyi we amuha impano ya Mercedes Benz Maybach SUV y’akayabao ka Miliyoni 200 Frw

May 15, 2024
Andi makuru

FDA yakuye kw’isoko ikinyobwa kitwa ubutwenge

May 27, 2025
Andi makuru

Lady Gaga yagaragaye yambaye impeta y’urukundo

July 29, 2024
Imyidagaduro

Ikigo Bilt Llc cya Steve Harvey cyasinye amasezerano y’imikoranire na RDB

December 16, 2024
Andi makuru

Ed Sheeran yahishuye ko yarikuba akiri Imanzi iyo ataba umuhanzi

August 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?