SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Safi Madiba agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise Back To Life
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Safi Madiba agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise Back To Life
Imyidagaduro

Safi Madiba agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise Back To Life

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/04 at 4:13 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi  Niyibikora Safi Madiba ubarizwa ku mugabane w’Amerika ya Ruguru mu gihugu  cya  Canada akaba ari naho yakomereje  ibikorwa bye  by’umuziki agiye  gushyira hanze  alubumu ye  ya mbere  yise  Back To Life .

Uyu muhanzi  wakunzwe cyane  ubwo yari  mu itsinda rya  Urban Boys mu myaka   yashize yadutangarije ko agiye gushyira  hanze alubumu  ye ya mbere  nyuma yo  gukora  ibitaramo afite mu mujyi wa  Vancouver tariki  30 Ukuboza  2023 muri uwo mujyi .

Yagize  Ati “Njye mfite igitaramo hano muri Vancouver ku wa 30 Ukuboza 2023, ndateganya kumurika album yanjye nshya nise ‘Back to life’. Nyuma yo gutaramira ino aha nzahita ntangira kwitegura gutaha ntaramire abakunzi banjye i Kigali.”

Safi Madiba yavuze ko ubusanzwe yatekerezaga gukorera igitaramo cye mu Rwanda mu mpera z’uyu mwaka, icyakora asanga akwiye kubanza gutaramira abanyarwanda batuye mu Mujyi atuyemo mbere yo gutaha.

Uyu muhanzi yavuze akumbuye gutaramira abakunzi be nyuma y’igihe ahanganye no kubaka ubuzima bwe muri Canada ndetse no kugerageza kuhakorera umuziki cyane ko bwari bushya kuri we.

Album ye iriho indirimbo na ‘Got it’ yakoranye na Meddy, ’Kimwe kimwe’, ’Good Morning’, ’Nisamehe’ yakoranye na Riderman, ’Sound’, ’Remember me’, ’I won’t lie to you’, ’I love you’, ’Kontwari’, ’Hold me’, n’izindi.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 4, 2023 November 4, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Amateka y’u Rwanda ajyanye no Kwibohora yanditswe mu maraso – Perezida Kagame

July 4, 2023
Imikino

Mussa Esenu ashobora kongererwa amasezerano muri Rayon Sports!

December 25, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Marina yishimiye umufana we w’I Nyabihu wamubonye agasuka amarira

July 9, 2024
Andi makuru

Abakunda kureba ibyiza bitatse u Rwanda bashyizwe igorora na Classic Tours and Travel Agency

May 24, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yageze i Seoul mu nama ya Korea-Africa Summit mu

June 2, 2024
Imyidagaduro

Niyo Bosco yashyize hanze indirimbo ndabihiwe iri kuri EP ye yise New Chapter

March 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?