SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt
Imyidagaduro

Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/30 at 3:08 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu Gihe abanyarwanda  bari kugana mu mezi ya  nyuma y’umwaka  abahanzi batandukanye bakomeje kugenda batumirwa mu bitaramo bitandukanye  harimo cyane ibya  Gakondo aho  mu mpera z’ugushyingo mu Kigali hateguwe igitaramo  cy’injyana gakondo cyiswe  kigali  Kulture  Konekt  cyatumiwemo abahanzi  bakunzwe cyane  nka Ruti  Joel .Umusizi  Rumaga ,Shauku band  n’Itorero Inyamibwa .

Iki gitaramo cyateguwe na  Ma Africa  kizaba kigamije guhuriza hamwe abantu batandukanye  maze bagaratama mu njyana  gakondo  binyumvira zimwe mu ndirimbo gakondo ndetse n’ibisigo aho  bazaba bishimira ibihe byiza bagize muri Uyu Mwaka .

Mu kiganiro n’umwe mu bayobozi  ba Ma Africa  yadutangarije y’uko  bahisemo bariya bahanzi  kubera ko ari bamzwe mu bakunzwe cyane  mu njyana  gakondo kandi bafite  ibihangano byiza cyane bakaba barifuje kuba aribo batangirana nabo ariko kubera ko  gahunda bafite izaba ngarukakwezi bazajya bagenda bazana n’abandi benshi  kuko  ari benshi kandi bafite  ibihangano bikunzwe  .

Biteganyijwe ko igitaramo  Kigali Kulture Konnekt  kizaba ku tariki ya  24 Ugushyingo kikabera  muri camp Kigali ahazwi nka KCEV aho kwinjira  bizab ari amafaranga 5000 ahasanzwe ,10.000 muri Vip ,20.000 muri VVIP naho ameza y’abantu batandatu akazab ari  200.000Frw

You Might Also Like

Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we

Album 25Shades ya Bwiza izagera kw’isoko tariki ya 16 Gicurasi 2025

Ubuhamya bwa Cassie Ventura mu rubanza rwa P Diddy bushobora gutuma afungwa Burundu

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul October 30, 2023 October 30, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Burkina Faso yemeje itegeko rihana ababana bahuje ibitsina

July 12, 2024
Imyidagaduro

The Ben yiseguye kuri Bull Dogg bakoranye indirimbo Rotate ntisohoke

May 10, 2024
Kwamamaza

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

March 12, 2025
Imyidagaduro

Mu marira menshi Bushali yaherekeje umubyeyi we bwa nyuma

January 17, 2025
Andi makuru

Gen Jean Bosco Kazura hamwe n’abandi basirikare barenga 1100 bashyizwe mu kiruhuko

August 31, 2024
Andi makuru

Abadipolomate b’ababiligi bahawe amasaha 48 yo kuba bavuye mu Rwanda

March 17, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?