SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Boys II Men bakiranywe urugwiro i Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Boys II Men bakiranywe urugwiro i Kigali
Imyidagaduro

Boys II Men bakiranywe urugwiro i Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/26 at 7:50 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Abanyabigwi  babiri mu bagize itsinda rya ’Boys II Men’ bageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, mu gihe mugenzi wabo we biteganyijwe ko ahagera mu gitondo cyo ku wa 27 Ukwakira 2023.

Aba bahanzi batumiwe mu gitaramo giteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa 28 Ukwakira 2023, aho bazaba bafatanya na Andy Bumuntu.

Mu kiganiro kigufi Boys II Men bagiranye n’abanyamakuru bakigera ku Kibuga cy’Indege, bavuze ko bishimiye kugera mu Rwanda ku nshuro yabo ya mbere, bavuga ko bafite amatsiko yo gusura igihugu cyane ko bahageze mu gicuku.

Bahageze ari babiri kuko batari baturutse ahantu hamwe na mugenzi wabo we ugomba kuhagera mu gitondo cyo ku wa 27 Ukwakira 2023.

Iri tsinda ry’abagabo batatu ryavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Rigizwe na Nathan Morris, Shawn Stockman na Wanya Morris, mu gihe Michael McCary na Marc Nelson barihozemo bakaza kurisezeramo

Biteganyijwe ko iki gitaramo gihenzz mu bijyanye n’ibiciro byo kucyinjiramo. Aho byatangajweko  kwinjira muri iki gitaramo cya Boyz II Men byashyizwe mu byiciro bitatu: Itike yiswe ‘Diamond’ iragura ibihumbi 100Frw, itike yiswe ‘Gold’ iragura 75,000Frw n’aho itike yiswe ‘Silver’ igura 50,000 Frw.

Ni ubwa mbere mu Rwanda hagiye kuba igitaramo gihagaze aya mafaranga mu bijyanye no kwinjira. Kuko ibyinshi byagiye biba bitarenzaga impuzandengo y’ibihumbi 50 Frw. Hari n’ibindi bitaramo byagiye biba ugasanga ameza (Table) y’abantu batandatu yashyizwe ku bihumbi 200Frw [Bivuze ko buri muntu yabaga yishyuye arenga ibihumbi 30 Frw].

Bivuze ko amenshi yishyuwe atarenga nibura ibihumbi 40Frw, ni mu gihe muri Boyz I Men itike ya macye igura ibihumbi 50 Frw

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul October 26, 2023 October 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Moses Turahirwa yagejejwe mu rukiko asaba ko yajyanwa kwa muganga wo mu mutwe

May 6, 2025
Andi makuru

Niyo Bosco,Kenny Sol,Afrique Danny Vumbi biyongereye mu bahanzi bazataramira abazitabira Tour du Rwanda

February 13, 2024
Andi makuru

Perezida wa Koreya ya ruguru aragirana ibiganiro na Mugenzi w’uburusiya 

September 12, 2023
Imikino

Nyuma yo kuva habi Côte d’Ivoire yegukanye CAN 2023

February 12, 2024
Utuntu n'utundi

Urubanza rwa Kazungu rwongeye gusubikwa

February 2, 2024
Imyidagaduro

Bien Aimé yageze i Kigali yakirwa na Bruce Melodie n’Ubuyobozi bwa 1:55 AM

August 27, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?