SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Lamine Yamal wa Fc Barcelona yavuye mu mukino kubera ubwiherero
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Lamine Yamal wa Fc Barcelona yavuye mu mukino kubera ubwiherero
Imikino

Lamine Yamal wa Fc Barcelona yavuye mu mukino kubera ubwiherero

Muhire Jimmy
Last updated: 2023/10/05 at 11:21 AM
Muhire Jimmy
Share
2 Min Read
SHARE

Lamine Yamal ukinira FC Barcelona yaraye akoze amateka yo kuba umukinnyi ukiri muto ukinnye imikino ya UEFA Champions League wabanje mu kibuga, ariko umukino ugeze hagati akava mu kibuga ntagarukemo kubera kujya ku ubwiherero.

Kuri uyu Gatatu ni bwo imikino you munsi wa kabiri mu matsinda ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa.

Saa tatu z’ijoro ikipe ya FC Barcelona yari yagiye gusura FC Porto muri Portugal, muri uyu mukino iyi kipe yo muri Espagne mu bakinnyi 11 yari yabanje mu kibuga harimo Lamine Yamal w’imyaka 16 years n’iminsi 84.

Uku kubanza mu kibuga byatumye Lamine Yamal ahita aba umukinnyi muto mu mateka ubanje mu mikino ya Champions League aba akuyeho agahigo kari gafitwe na Celestine Babayaro wari waragashyizeho mu mwaka w’imikino wo mu 1994/95.

Muri uyu mukino warangiye FC Barcelona yatsinzemo igitego 1-0 cya Ferran Torres winjiye mu kibuga asimbuye Lewandowski wari ugize ikibazo cy’imvune, bigeze ku munota wa 71 Lamine Yamal yavuye mu kibuga ajya ku bwiherero ndetse aragenda amarayo igihe kinini bituma umutoza amusimbuza atari yabiteguye bitewe nuko bari bari gukina ari abakinnyi 10 hashize iminota 10.

Nyuma y’umukino, Xavi Hernandez yasobanuye ikibazo, Lamine Yamal yahuye nacyo agira ati “Lamine Yamal ntabwo yari ameze neza. Yari afite uburwayi, yari amaze umwanya abimbwira. Namubwiye ko yihuta akajya mu musarani, ariko birangiye bambwiye ko atari bushobore gusubira mu kibuga.

You Might Also Like

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

APR BBC yongeye itsindirwa mu maso ya Perezida Kagame na MBB South Africa 98-88

Muhire Jimmy October 5, 2023 October 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida wa Czech Général Petr Pavel aragirira uruzinduko mu Rwanda

April 5, 2024
Andi makuru

James umurinzi wa Alliah cool yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Odette

September 27, 2024
Andi makuru

Abanyamuryango ba ZIGAMA CSS bateraniye mu Nama Rusange ku nshuro ya 40

January 15, 2025
Imyidagaduro

Vestine na Dorcas bagiye gutaramira muri Canada

May 24, 2023
Iyobokamana

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho yo gusabira igihugu

August 13, 2023
Imikino

Cricket: Ikipe y’Igihugu yerekeje muri Uganda!

December 7, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?