SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida wa Koreya ya ruguru aragirana ibiganiro na Mugenzi w’uburusiya 
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida wa Koreya ya ruguru aragirana ibiganiro na Mugenzi w’uburusiya 
Andi makuru

Perezida wa Koreya ya ruguru aragirana ibiganiro na Mugenzi w’uburusiya 

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/12 at 11:47 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida Vladimir Putin arakira mugenzi we Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru winjiye mu Burusiya ari muri gari ya moshi idatoborwa n’amasasu.

 Ibi bihangange biragirana ibiganiro birimo guha Uburusiya intwaro zo kwifashishwa mu ntambara yo muri Ukraine.

 Bivugwa ko Uburusiya bwaba bukeneye ibisasu bya 122mm na 152mm kuko ububiko bwabyo ubu burimo gushira, gusa biragoye kumenya uko izo Koreya ya Ruguru ifite zingana, kubera uburyo ikorera mu ibanga.

Minisiteri y’ingabo ya Koreya y’Epfo yemeje ko gariyamoshi y’umutamenwa ya Kim yinjiye mu Burusiya mu gitondo cya kare kuri uyu wa kabiri.

 Kim yerekeje i Vladivostok, aho Uburusiya burimo kwakirira inama y’ubukungu y’ibihugu by’iburasirazuba.

Aherekejwe n’abategetsi bakuru muri guverinoma ye, barimo abo mu gisirikare, nk’uko ikinyamakuru cya leta yaho KCNA kibitangaza.

 Kim aheruka mu ruzinduko mu mahanga, nabwo i Vladivostok, mu 2019 mu nama na Putin nyuma yo guhagarara kw’ibiganiro ku gusenya intwaro kirimbuzi Kim yagiranaga n’uwari Perezida Donald Trump.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul September 12, 2023 September 12, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Urubanza rwa Tity Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 4

March 14, 2023
Andi makuru

Indege ya Kenya Airways yasubijwe ku kibuga igitaraganya hikanzwe amarozi

April 28, 2025
Andi makuru

Perezida wa Latvia, Edgars Rinkēvičs, yakiriye ku meza Perezida Paul Kagame (Amafoto)

October 3, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Kidumu mbere yo gusubira muri Kenya yashimiye abanyarwanda urugwiro bamwakiranye

February 28, 2023
Andi makuru

Abacanshuro 280 bo mu mutwe wa RALF barwaniraga DRC batashye iwabo banyuze mu Rwanda

January 29, 2025
Andi makuru

Abapolisi 240 b’u Rwanda bagiye kohereza muri UNMISS bahawe impanuro na CG Namuhoranye

June 10, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?