SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Karisimbi Event yateguriye abakunzi ba Billard irushanwa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Karisimbi Event yateguriye abakunzi ba Billard irushanwa
Imikino

Karisimbi Event yateguriye abakunzi ba Billard irushanwa

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/11 at 2:59 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Karisimbi Event  isanzwe itegura ibikorwa byinshi bifite aho bihuriye n’imyidagaduro yateguye irushanwa ry’umukino wa Billard mu rwego rwo gukomeza gukundisha abanyarwanda uwo mukino.

Iri rushanwa biteganyijwe ko izaba Ku wa 15 Nzeri 2023 aho abahanga muri uyu mukino bazahatanira muri Great Hotel yo mu Kiyovu mu Mujyi wa Kigali.

Umukino wa billard ni umwe mu mikino ikinirwa ku meza, akenshi ugakinirwa mu tubari, abantu bari gusoma agacupa.

Uyu mukino ukunzwe n’abantu benshi mu Rwanda ariko ugasanga bamwe bumva ko ari uwo kwidagadura cyane ku bantu baba bagiye gusoma ako gacupa mu kabari.

Emmanuel Mugisha, umuyobozi wa Karisimbi Events yateguye iki gikorwa yatangarije AHUPA Radio koko iri rushanwa rizafasha abakinnyi kwitwara neza muri uyu mukino no kuzamura urwego rwabo rw’imikinire.

Biteganyijwe ko hazahembwa abakinnyi batatu ba mbere. Uzegukana irushanwa azahabwa ibihumbi  mirongo itanu, uwa kabiri mirongo itatu, uwa gatatu ahabwe ibihumbi 20 frw.

Abashaka guhatana muri uyu mukino, baba abasore cyangwa inkumi bagomba kwiyandikisha bakishyura Frw 10 000 binyuze kuri numero  0788390892.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul September 11, 2023 September 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Nagize igihombo gikomeye kuba ntarabaye umusirikare :Tom Close

April 2, 2025
Imikino

Addax FC ya Mvukiyehe Juvénal yagarikiwe ikibuga.

January 21, 2024
Imyidagaduro

Knowless yashimangiye ko agarukanye ingufu nyuma yo kwibaruka umwana wa 3

June 14, 2023
Ubuzima

AGRA igiye kwifashisha miliyoni $550 mu guteza imbere ubuhinzi bwa Afurika

September 5, 2021
Imyidagaduro

Munezero Bijoux yihenuye kuri Lionel baherutse gutandukana

March 7, 2023
Imyidagaduro

Miss Uwase Hirwa Honorine yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we

February 23, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?