SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tafari Campbell wari umutetsi wihariye w’umuryango wa Barack Obama yitabye Imana arohamye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Tafari Campbell wari umutetsi wihariye w’umuryango wa Barack Obama yitabye Imana arohamye
Andi makuru

Tafari Campbell wari umutetsi wihariye w’umuryango wa Barack Obama yitabye Imana arohamye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/25 at 2:09 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umutetsi w’uwahoze ari Perezida wa Amerika, Barack Obama yapfiriye mu mpanuka ya siporo yo guserebeka ku mazi izwi nka ’paddle boarding’ hafi y’urugo rwa Obama i Massachussets.

Tafari Campbell, w’imyaka 45, yakoraga mu biro bya Perezida wa Amerika nyuma ajyana n’umuryango wa Obama ubwo yari amaze gusimburwa ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.

Inkuru ya BBC ivuga ko ku Cyumweru yaburiwe irengero mu mazi y’ikiyaga gito kiri hafi y’urugo rwa Obama.

Polisi ivuga ko umuryango wa Obama utari mu rugo ubwo Tafari yapfaga.

Kumushakisha mu mazi yarohamyemo byatangiye ku Cyumweru nijoro maze umubiri we ku wa Mbere mu gitondo muri metero 30 uvuye ku mwaro no mu bujyakuzima bwa metero 2,5.

Tafari Campbell yakoreye Obama imyaka umunani muri White House aho yaranzwe n’udushya mu gutegura amafunguro.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul July 25, 2023 July 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImyidagaduro

Alyn Sano yishimiwe nabitabiriye iserukiramuco rya Vic Falls Carnival’ryabereye muri Zambia

May 5, 2023
Andi makuru

Parike y’igihugu y’Akagera igiye kwakira inkura 70 z’umweru

May 16, 2025
Imikino

Chris Froome ,Henok na Merhawi Kudus ibihangange bizitabira Tour du Rwanda 2024

February 5, 2024
Andi makuru

Major Gashirahamwe w’umurundi waguye mu mirwano ya M23 yashyinguwe

November 17, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yageze i Beijing mu nama ihuza u Bushinwa na Afurika(Amafoto)

September 3, 2024
Imyidagaduro

Zari yasezeranye mw’idini n’umukunzi we Shakib mu ibanga rikomeye

April 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?