SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali
Andi makuruImyidagaduro

Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/25 at 8:39 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Itsinda ry’abanyamuziki bubatse izina ku Isi yose ‘Boys II Men’ ritegerejwe i Kigali mu gitaramo kizahabera hagati y’Ukwakira n’Ugushyingo 2023.

Iri tsinda rikomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryamamaye mu ndirimbo nka; End of the road, I will make love to you, On bended knee, n’izindi nyinshi.

Amakuru IGIHE yabonye ni uko abateguye igitaramo cy’iri tsinda bakomeje imyiteguro yo kuryakira ndetse bari mu myiteguro ya nyuma.

Icyakora nubwo bigoranye kumenya amakuru y’igitaramo cy’iri tsinda, amakuru twizeye  atugeraho nuko byamaze kwemezwa ko rigomba gutaramira i Kigali.

Iri tsinda ry’abagabo batatu ryavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Rigizwe na Nathan Morris, Shawn Stockman na Wanya Morris, mu gihe Michael McCary na Marc Nelson barihozemo bakaza kurisezeramo.

Ni itsinda ribitse ibikombe bine bya Grammy awards, birindwi bya Soul train music awards, icumi bya American Music Awards n’ibindi byinshi.

You Might Also Like

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Perezida Trump yishimiye uko yakiriwe n’igikomangoma Bin Salman cy’Arabie Soudite

Qatar igiye guha USA indege ya Boeing 747-8 izakoreshwa nka Air Force One

Umusirikare wa FARDC yinjiye mu rusengero arasa abarimo umwana w’amezi 4 bahasiga ubuzima

Perezida Ramaphosa yakuriye inzira abakeka ko afitanye ikibazo na Perezida Kagame

Nsanzabera Jean Paul July 25, 2023 July 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ikipe ya Kiyovu Sports yahagaritse Mugunga Yves!

December 20, 2023
Andi makuru

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 19 mu bihugu byari bifite ubwandu bwa Sida bwinshi mu mwaka 2020

May 9, 2023
Andi makuru

Bull Dogg na Riderman basangije inshuti zabo urugendo rwabageje ku gukorana album bise Icyumba cy’amategeko

July 26, 2024
Imyidagaduro

Uwicyeza Pamela yashimiye umugabo we The Ben nyuma yo kumuha imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover

September 26, 2023
Imyidagaduro

Bwiza agiye kumurika alubumu ye ya mbere

January 24, 2023
Imyidagaduro

Nel Ngabo na Juno Kizigenza bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo bakoranye bise ‘Kawooma’

December 11, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?