SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali
Andi makuruImyidagaduro

Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/25 at 8:39 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Itsinda ry’abanyamuziki bubatse izina ku Isi yose ‘Boys II Men’ ritegerejwe i Kigali mu gitaramo kizahabera hagati y’Ukwakira n’Ugushyingo 2023.

Iri tsinda rikomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryamamaye mu ndirimbo nka; End of the road, I will make love to you, On bended knee, n’izindi nyinshi.

Amakuru IGIHE yabonye ni uko abateguye igitaramo cy’iri tsinda bakomeje imyiteguro yo kuryakira ndetse bari mu myiteguro ya nyuma.

Icyakora nubwo bigoranye kumenya amakuru y’igitaramo cy’iri tsinda, amakuru twizeye  atugeraho nuko byamaze kwemezwa ko rigomba gutaramira i Kigali.

Iri tsinda ry’abagabo batatu ryavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Rigizwe na Nathan Morris, Shawn Stockman na Wanya Morris, mu gihe Michael McCary na Marc Nelson barihozemo bakaza kurisezeramo.

Ni itsinda ribitse ibikombe bine bya Grammy awards, birindwi bya Soul train music awards, icumi bya American Music Awards n’ibindi byinshi.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

Nsanzabera Jean Paul July 25, 2023 July 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Rafael Nadal yasezeye burundu ku mukino wa Tennis

November 20, 2024
Imyidagaduro

Itsinda The Same Abiru ryakeje Perezida Kagame ku mibanire ye n’amahanga mu ndirimbo bise “Urabanaga “(Video)

June 10, 2024
Andi makuru

DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23

March 17, 2025
Imyidagaduro

Jose Chameleon agiye kubagwa Impindura ye yangiritse

February 18, 2025
Imyidagaduro

Hamza Bouncer wo muri The Wave Lounge aranyomoza amakuru avuga ko bakira abantu nabi

June 16, 2023
Imyidagaduro

Umushoramari West ufite akabari ka El Classico yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye (Amafoto)

March 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?