SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Chriss Eazy agiye gutaramira muri Zambia
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Chriss Eazy agiye gutaramira muri Zambia
Imyidagaduro

Chriss Eazy agiye gutaramira muri Zambia

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/06/22 at 12:25 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu mezi ashize  mu itangazamakuru ryo mu Rwanda nibwo  hasohotse inkuru zivuga ko umuhanzi Chriss Eazy na Bwiza bafite iitaramo bagomba gukorera mu gihugu cya Zambia  mukwezi kwa karindwi  ariko kugeza ubu  amakuru atugeraho aravuga ko aba bombi batakijyane muri icyo gitaramo .

Aya amakuru yongeye kuvugwa nyuma yuko hasohotse amatangazo yamamaza igitaramo cya Chris Eazy i Lusaka muri Zambia giteganyijwe ku wa 26 Kanama 2023.

Mu kiganiro n’Umunyamakuru wa Ahupa Visual Radio Junior Giti ureberera inyungu za Chris Eazy we yavuze ko igitaramo bagiye gukora gitandukanye n’icyo bari guhuriramo na Bwiza.

Ati “Bariya n’ubu turacyaganira, gusa hari undi mushoramari wahise atwegera twemeranya gukorana, we tubifataho umwanzuro ndetse ni we twemeranyije kugeza ubu.”

Byitezwe ko Chris Eazy azataramira i Lusaka muri Zambia ku wa 26 Kanama 2023 ahitwa Andrew’s Motel nyuma  y’ibitaramo byinsi uyu muhanzi chrisss Eazzy  afite ahano mu Rwanda .

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul June 22, 2023 June 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda ku bufatanye na Unicef batangije gahunda yo gutanga internet y’ubuntu mu mashuri

October 18, 2023
Andi makuru

Gen. Valerii Zaluzhnyi wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine yirukanywe mu kazi

February 9, 2024
Andi makuru

Perezida Tshisekedi yemeje ko batazongera kubura mu biganiro bya Luanda

August 13, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we wa Guinée-Conakry

December 4, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cya Jose Chameleon i kigali cyasubitswe

December 19, 2024
Imyidagaduro

Juno Kizigenza na Kevin Kade bishimiwe n’abitabiriye ibirori byo kumurika Skol Malt nshya Nshya muri kigali Universe

November 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?