SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Producer Li John  Aritegura gushyirira hanze alubumu 4 icyarimwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Producer Li John  Aritegura gushyirira hanze alubumu 4 icyarimwe
Imyidagaduro

Producer Li John  Aritegura gushyirira hanze alubumu 4 icyarimwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/06/14 at 9:58 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Iradukunda Jean Aimé wamenyekanye nka Li John ageze kure umushinga w’indirimbo 48 zizaba zigize album enye ari gukoraho ndetse yitegura gushyira hanze umwaka utaha.

Lil John yatangarije Ahupa Visual Radio ko uyu ari umushinga mugari yatangiye kugira ngo akomeze guteza imbere muzika Nyarwanda no gukora ibihangano byinshi bishoboka.

Yagize ati “Ngeze kure umushinga wa album enye nzashyirira hanze icyarimwe. Ubu maze gukora indirimbo zigize album imwe, izindi na zo narazitangiye ariko ntabwo zirarangira gusa mu mwaka utaha mu 2024, izi ndirimbo zose zizaba zararangiye.”

Yakomeje ati “Ni mu rwego rwo kwaguka nk’umuhanzi nkakora ibihangano byinshi kandi by’umwimerere, ikindi nshaka guteza imbere umuziki Nyarwanda kuko hari abahanzi bamwe muzamenya kubera kubashyiraho batari basanzwe bazwi.’’

Uyu musore avuga ko izi album hari indirimbo ziriho yamaze guhurizaho abahanzi batandukanye bakomeye mu Rwanda, ndetse hakaba n’abandi bakiri kuvugana bitewe n’uko buri wese akurikije ubuhanga azagenda amusaba ko bakorana.

Kuri ubu Li John yashyize hanze indirimbo ye ya mbere yise “Ready Now” yahuriyemo na Marina na Afrique.

Li John ukorera muri studio ya Storykast Records yatangiye ibikorwa byo kuririmba bwa mbere mu ndirimbo isezera umuraperi Jay Polly yasohotse mu 2021.

Li John ni umwe mu ba Producer bagaragazaga amashagaga muri muzika Nyarwanda yarambitse ibiganza ku ndirimbo nyinshi zakunzwe zirimo ‘Kamwe’ yahuriwemo n’abahanzi batandukanye ‘Ok’ yakoranye na Marina, ‘Truth Or Dare’ ya Davis D , ‘Kalinga’ ya Diplomate n’izindi.

Uyu musore urugendo rwo gutangira kuririmba ku giti cye yaruhereye ku ndirimbo yise ‘Imbunda’ yasohotse mu mpera za 2021.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul June 14, 2023 June 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Isacco yashyize hanze amashusho y’indirimbo On s’amuse yamutwaye arenga miliyoni 12 Frw

February 10, 2024
Andi makuru

Abadipolomate b’ababiligi bahawe amasaha 48 yo kuba bavuye mu Rwanda

March 17, 2025
Andi makuru

Perezida wa FIFA yashyize umucyo ku irondaruhu muri ruhago

February 9, 2024
Kwibuka

#Kwibuka30 : Juno Kizigenza yasabye urubyiruko kwirinda icyatuma u Rwanda rusubira aho rwavuye

April 9, 2024
Iyobokamana

RIB yataye muri yombi Nzizera Aimable wayobora Rwanda Gospels Stars Live

June 10, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Nifuje gukorana na barumuna banjye kuko hari icyo mbabonamo :Dany Nanone

December 8, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?