SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Skol yifatanyije n’abaturage bo mu Nzove mu muganda (Amafoto )
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Skol yifatanyije n’abaturage bo mu Nzove mu muganda (Amafoto )
Andi makuru

Skol yifatanyije n’abaturage bo mu Nzove mu muganda (Amafoto )

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/05/29 at 8:55 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya  27 Gicurasi 2023 nkuko bisanzwe   buri wa  gatandatu  wa nyuma w’ukwezi mu Rwanda  hakorwa umuganda rusange  aho abaturage  ndetse n’abayobozi    bahurira  hamwe bakakora  ibikorwa bitandukanye bijyanye no  gusana  ibikorwa remezo bitandukanye

Ni muri  urwo rwego Uruganda rwa  Skol  rwifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Nzove ndetse na bamwe mu bafana ba Rayon Sport bakoreye umuganda mu muhanda  ugana ku ruganda rwa Skol ndetse no ku ruganda rw’amazi rwa  Wasac,

Ahagana  I saa mbiri  za mugitondo nibwo umuganda wari utangiye abari bawitabiriye bose  bafatanyije n’inzego z’ubuyobozi ndetse izishinzwe umutekano  bose bafatanyije kuzibura imiferege ndetse  n’ibinogo  biri  muri uwo muhanda .

Mu ijambo rye  Umuyobozi  Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyarugenge Bwana Ngabonziza Emmy  yashimiye uruganda rwa  Skol kuba rwarateguye icyo gikorwa  cy’umuganda wo gutunganya bimwe mu bikorwa remezo  byo mu murenge wa Nzove .

Ku ruhande rw’uruganda rwa  Skol Bwana Ivan  Wulffaert yashimiye Ubuyobozi bw’Akarere  ndetse  nuruganda rw’amazi rwa  Wasac baje kwifatanya nabo mu  muganda  wo gusibura ibinogo byari byarangirje  umuhanda ujya ku ruganda wari warangiritse cyane kubera Imvura yaguye   mu mezi ashize,

Bwana Ivan  Wulffaert yasabye abaturage bo mu Nzove  gukomeza  kubungabunga  ibikorwa remezo anabemerera  ko  nk’uruganda rwa Skol bazaguma kubaba hafi  mu bikorwa byose bazajya baba hafi , yanabasabye kandi  gukomeza kubugabunga ibidukikije .

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul May 29, 2023 May 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Juno Kizigenza yashyize hanze indirimbo iri mu njyana nshya ya Afro Gako

January 29, 2024
Utuntu n'utundi

Kigali : CG Felix Namuhoranye yasabye abamotari kubahiriza amategeko y’umuhanda

March 25, 2024
Andi makuru

Ihuriro AFC/M23 washinje Leta ya Kinshasa igitero cyaguyemo abantu 11 i Bukavu

February 28, 2025
Imyidagaduro

Abazitabira igitaramo cy’Amore Valentine’s kizaririmbamo Kidumu bashyizwe igorora

January 29, 2025
Imikino

Perezida wa Guinea, Gen. Mamadi Doumbouya yakiriye ikipe y’igihugu yabo

February 5, 2024
Andi makuru

Minisitiri w’Intebe Garry Conille wa Haïti yegujwe ku mirimo ye

November 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?