SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Uganda: Perezida Museveni yasezeyeho bwa nyuma Minisitiri Col(Rtd) Charles Engola Okello
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Uganda: Perezida Museveni yasezeyeho bwa nyuma Minisitiri Col(Rtd) Charles Engola Okello
Andi makuru

Uganda: Perezida Museveni yasezeyeho bwa nyuma Minisitiri Col(Rtd) Charles Engola Okello

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/05/11 at 12:40 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2023 Perezida wa Repubulika ya Uganda Yoweri Kaguta Museveni yitabiriye umuhango wo gusezerano gusabira umurambo wa Minisitiri Col(Rtd) Charles Engola Okello witabye Imana arashwe n’ umurinzi we.

Mu ijambo Museveni yagejeje ku bari bateraniye aho yavuze ko Minisitiri Elonga yakundaga igihugu ndetse akaba yari n’ umusirikari mwiza. Yakomeje avuga ko yarwanyije inyeshyamba za Lord Resistance Army bityo bituma abaturage basubira mu byabo, baratunga baratunganirwa batikanga umwanzi.

Museveni yasabye imbabazi umuryango wa Minisitiri Elonga, abaturage ba Lango, abanya Uganda  n’ Abanyafurika muri  rusange yavuze kandi ko bigoye kumva uburyo umusirikari  wahawe undi muntu wo kumurinda birangira ariwe umwishe.

Bityo ahita asaba abayobozi  gusubira kugendera kuri gahunda za NRA zo kwigomwa. Avuga ko umurongo, uburyo n’ imikorere bigomba kuba bigendanye no gukunda igihugu, kwigomwa n’ ubwitange aho kuba imishahara minini n’ izindi nyungu z’ imirengera maze asoza amwifuriza kuruhukira mu mahoro.

Minisitiri Elongo yapfuye ku wa kabiri w’ icyumweru gishize ariko biteganyijwe ko azashyingurwa mu irimbi ku wa 13Gicurasi 2023 mu Murenge wa Iceme wo mu Karere ka Oyam District.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul May 11, 2023 May 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubuzima

Minisiteri y’Ubuzima yashyizeho amabwiriza yo kwirinda Marburg kubakora ingendo

October 10, 2024
Imyidagaduro

Perezida Kagame yasobanuriye abakoresha imbuga nkoranyambaga impamvu bateguye urugamba rwo kwibohora

July 9, 2024
Andi makuru

Vivo Energy Rwanda yatangije icyumweru cyahariwe ubuziranenge bw’ibikomoka kuri peterori kw’Isi (Amafoto)

November 18, 2024
Andi makuru

FARDC ikomeje gukubitwa inshuro na M23 nyuma yo guta muri yombi abasirikare bayo

December 10, 2024
Imyidagaduro

The Ben yashyize hanze indirimbo Plenty yari itegerejwe na benshi

September 27, 2024
Andi makuru

RDB yateye utwatsi ibikomeje kubeshywa na Guverinoma ya RDC mu bafatanyabikorwa bayo

February 20, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?