SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Miss Nishimwe Naomie yahinyuje amakuru avuga ko agiye kurushinga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Miss Nishimwe Naomie yahinyuje amakuru avuga ko agiye kurushinga
Imyidagaduro

Miss Nishimwe Naomie yahinyuje amakuru avuga ko agiye kurushinga

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/05/10 at 11:01 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yateye utwatsi iby’amakuru y’ubukwe bwe n’umukunzi we, Michael Tesfay yanugwanugwaga.

Amakuru avuga ko uyu mukobwa wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 ndetse n’umukunzi we bamaze igihe bakundana barimo kwitegura ubukwe mu ibanga rikomeye.

Aba bombi nk’uko babanje kugira ubwiru iby’urukundo rwabo, bahisemo n’ubukwe kubutegura mu ibanga aho bivugwa ko buri mu Kuboza 2023.

Miss Nishimwe Naomie aganira na kimwe mu binyamakuru  bya hano  mu Rwanda  yavuze ko iby’ubwo bukwe atabizi ndetse ko nta n’ubuhari.

Ati “Ngaho! Reka reka rwose ayo makuru siyo. ”

Miss Nishimwe Naomie na Michael Tesfay muri Mata 2022 nibwo beruye ko bakundana, ni nyuma y’uko Nishimwe Naomie ufite inzu y’imideli afatanyije n’abavandimwe be ya Zöi, atakunze gushyira hanze cyane ubuzima bwe bw’urukundo.

Michael Tesfay wegukanye umutima we akaba ari umusore ufite impamyabumenyi y’icyiciro cya 3 cya Kaminuza mu by’ubuvuzi yakuye mu Bwongereza.

 

Amakuru avuga ko uyu mukobwa wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 ndetse n’umukunzi we bamaze igihe bakundana barimo kwitegura ubukwe mu ibanga rikomeye.

Aba bombi nk’uko babanje kugira ubwiru iby’urukundo rwabo, bahisemo n’ubukwe kubutegura mu ibanga aho bivugwa ko buri mu Kuboza 2023.

Miss Nishimwe Naomie aganira na kimwe mu binyamakuru  bya hano  mu Rwanda  yavuze ko iby’ubwo bukwe atabizi ndetse ko nta n’ubuhari.

Ati “Ngaho! Reka reka rwose ayo makuru siyo. ”

Miss Nishimwe Naomie na Michael Tesfay muri Mata 2022 nibwo beruye ko bakundana, ni nyuma y’uko Nishimwe Naomie ufite inzu y’imideli afatanyije n’abavandimwe be ya Zöi, atakunze gushyira hanze cyane ubuzima bwe bw’urukundo.

Michael Tesfay wegukanye umutima we akaba ari umusore ufite impamyabumenyi y’icyiciro cya 3 cya Kaminuza mu by’ubuvuzi yakuye mu Bwongereza.

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul May 10, 2023 May 10, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

The Ben na Remah Namakula batumiwe mu gitaramo i Musanze

July 25, 2024
Imyidagaduro

Papa Emile mu gahinda kenshi kubera urupfu rw’umugore we

September 21, 2023
Imyidagaduro

Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai

September 19, 2024
Imyidagaduro

Zuchu uzaririmba mu gitaramo cya Move Afrika yasesekaye i Kigali

December 4, 2023
Andi makuruUbukungu

Ahupa Business Network Ltd yashyize igorora abashaka serivise n’abazitanga ku rubuga rwa TopInfo

October 8, 2024
Imyidagaduro

Miss Nishimwe Naomie yasabwe anakobwa n’umukunzi we Michael Tesfay (Amafoto)

December 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?