SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mico The Best yanyomoje amakuru avuga ko afitanye ikibazo na KIKAC Music
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mico The Best yanyomoje amakuru avuga ko afitanye ikibazo na KIKAC Music
Imyidagaduro

Mico The Best yanyomoje amakuru avuga ko afitanye ikibazo na KIKAC Music

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/05/10 at 10:25 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mico The Best yavuze ko nta yindi sosiyete yasinyira ngo ayemerere guhagararira inyungu ze mu muziki. Ni amagambo yagarutseho nyuma yo gutandukana na KIKAC Music yari amaze igihe abarizwamo.
Mico The Best yafashe icyemezo cyo gutangira urugendo rwo kwirwanaho ahamya ko ku bwe asanga n’igihe cyo gukorana na sosiyete zifasha abahanzi cyararangiye.

Mu kiganiro  na AHUPA  Radio Yagize ati “Twagirana imikoranire ariko ubu byagorana ko hari uwansinyisha ngo ajye agenzura ibikorwa byanjye. Nibaza ko kwikorana nubwo bigoye ariko byashoboka. Ubu ngiye kubigerageza kandi bizakunda.”
Ku rundi ruhande ariko, Mico The Best ahamya ko ntacyo ashinja KIKAC Music yaherukaga gukoreramo, ibyo abihurizaho n’ubuyobozi bwa KIKAC Music nabwo buhamya ko kugeza ubu nta kibazo bafitanye na Mico The Best.

Uyu muhanzi ukunzwe mu njyana ya Afro Beat  yavuze kandi  ko  kugeza ubu afite abantu  barangajwe imbere  murumuna we bari gukorana ariko mu buryo bwo kumufasha cyane ko uyu muhanzi ateganya gufungura sosiyete izajya icunga ibikorwa bye.

Ibi  uyu muhanzi abivuze nyuma y’Amezi agera kuri 7  amasezerano yari yaragiranye n’inzu yarebereraga inyungu ya KIKAC Music ndets eno gushyira hanze  Indirimbo nshya yise  ni Ayanjye indirimbo nziza  yumvikana nk’indirimbo yabera abanyabirori.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul May 10, 2023 May 10, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Drake na Meek Mill ntibari kuvuga rumwe n’abategura Grammy Awards

February 5, 2024
Imyidagaduro

Ni ibyishimo kwa Safi Madiba wabonye ubwenegihugu bwa Canada

June 18, 2024
Andi makuru

Monusco yemeje amakuru yikomereka ry”abasirikare bayo 9 ku rugamba na M23

January 25, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame na Emir wa Qatar bitabiriye F1 ya Qatar GP

December 2, 2024
Andi makuru

Igisirikare cya Isirahel cyasabye Loni gusaba Hamas Lisansi

October 25, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yageze i Beijing mu nama ihuza u Bushinwa na Afurika(Amafoto)

September 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?