SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mico The Best yanyomoje amakuru avuga ko afitanye ikibazo na KIKAC Music
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mico The Best yanyomoje amakuru avuga ko afitanye ikibazo na KIKAC Music
Imyidagaduro

Mico The Best yanyomoje amakuru avuga ko afitanye ikibazo na KIKAC Music

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 10, 2023
Share
SHARE

Mico The Best yavuze ko nta yindi sosiyete yasinyira ngo ayemerere guhagararira inyungu ze mu muziki. Ni amagambo yagarutseho nyuma yo gutandukana na KIKAC Music yari amaze igihe abarizwamo.
Mico The Best yafashe icyemezo cyo gutangira urugendo rwo kwirwanaho ahamya ko ku bwe asanga n’igihe cyo gukorana na sosiyete zifasha abahanzi cyararangiye.

Mu kiganiro  na AHUPA  Radio Yagize ati “Twagirana imikoranire ariko ubu byagorana ko hari uwansinyisha ngo ajye agenzura ibikorwa byanjye. Nibaza ko kwikorana nubwo bigoye ariko byashoboka. Ubu ngiye kubigerageza kandi bizakunda.”
Ku rundi ruhande ariko, Mico The Best ahamya ko ntacyo ashinja KIKAC Music yaherukaga gukoreramo, ibyo abihurizaho n’ubuyobozi bwa KIKAC Music nabwo buhamya ko kugeza ubu nta kibazo bafitanye na Mico The Best.

Uyu muhanzi ukunzwe mu njyana ya Afro Beat  yavuze kandi  ko  kugeza ubu afite abantu  barangajwe imbere  murumuna we bari gukorana ariko mu buryo bwo kumufasha cyane ko uyu muhanzi ateganya gufungura sosiyete izajya icunga ibikorwa bye.

Ibi  uyu muhanzi abivuze nyuma y’Amezi agera kuri 7  amasezerano yari yaragiranye n’inzu yarebereraga inyungu ya KIKAC Music ndets eno gushyira hanze  Indirimbo nshya yise  ni Ayanjye indirimbo nziza  yumvikana nk’indirimbo yabera abanyabirori.

 

Ykee Benda yakiriye agakiza ahagarika kuririmbira mu tubari
Ariana Grande yatandukanye n’umukunzi we Dalton Gomez
Umuhanzi Jimmy X ukorera umuziki muri Canada azahurira mu gitaramo na Jay Willz wo muri Nigeria .
Menya Amateka n’ibigwi bya Bob Marle wibukwa nyuma y’imyaka 42 yitabye Imana
Umugabo wa Rihanna ASAP Rocky yagizwe umwere ku cyaha yashinjwaga
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Why Play At An Virtual Casino In Ireland

May 28, 2024

How To Win At Pokies Au

May 28, 2024

Plinko Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Slot Machines For Sale Australia

May 28, 2024
Andi makuru

Tchad :Ibiro bya Perezida Mahamat Idriss Déby Itno byatewe n’ibyihebe

January 9, 2025

How Old To Gamble

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?