SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Davido yakoze igitaramo cy’amateka kitabirwa n’abarenga ibihumbi 50
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Davido yakoze igitaramo cy’amateka kitabirwa n’abarenga ibihumbi 50
Imyidagaduro

Davido yakoze igitaramo cy’amateka kitabirwa n’abarenga ibihumbi 50

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/25 at 10:10 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria  davido yongeye kwerekana ko ari indakorwaho  mu gitaramo  cyo kumurika alubumu ye snhay yise  Timelss yakoreye  mu mujyi Lagos  .

Tariki  ya  31  Werurwe  2023 abunyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ni zindi zose zicururrizwaho umuziki nibwo  Davido   yashyize hanze alubumu ye  ya kane yise  “Timelesss  “{ ikaba yarahise ica ibintu kuri izo mbuga kuko  yaguzwe n’abantu benshi cyane mu  gihe cy’ibyumweru bibiri  gusa .

Nyuma  yi kuyimukirki mu mijyi nka  New  York  na  Londres  mu mpera z’icyumweru gishize  hari hatahiwe kw’ivuko muri Nigeria  aho  abantu barenga ibihumbi n’ibihumbi bai bategereje   kwiyumvira  zimwe mu ndirimbo zigize  iyo alubumu ya Davido yise  Timeless .

Iki gitaramo cyabareye  ahitwa  Tafawa  balewa  Square  kitabiriwe n’abantu barenga ibuhumbi  50  aho kwinjira muri icyo gitaramo byari  ibihumbi 22 Frw , Ibihumbi 100frw n’ibumbi 200 Frw mu myanya  ya VVIP  nubwo ibyo bitigeze bikanga abakunzi b’uyu muhanzi .

Nubwo ibintu byose byari byateguwe neza  cyane  abahanzi bose bari bategerejwe ku rubyiniro  baje nabo kwitwara neza  cyane  kugeza ku isaha  umuhanzi mukuru ariwe  Davido  yageraga ku rubyiniro maze ibintu bigahindura isura .

Mu bahanzi bafashije  Davido  ku rubyiniro  bari barangajwe imbere n’abashyushyarugmaba  Kie Kie  na  Mr Macaroni , naho abahanzi bose nia  Tion Wayne,Simba,Iyanya,Odumodu BlVck,Mayorkun,Peruzzi,Pheels,Khaid ,Skiibi,na bandi benshi cyae kuko icyo gitaramo cyamaze amasaha gera ku icumi .

Davido wamaze amasaha  agera kuri abiri ku rubyiniro yerekanye ko akiri wa wundi  yaririmbye indirimbo zose ziri kuri alubumu Timeless  ndetse ni zindi ze zakanyujijeho mu myaka  yashize .

Uyu muhanzi ubwo yaririmbaga indirimbo  Jowo  ibintu byabaye ibindi kuko benshi batunguwe no kubona umuhanzi Asake amusangaku rubyiniro bagafatanya kuyiririmba ibintu byashimishije abari bitabiriye icyo gitaramo .

Igitaramo  cyarangiye abari bakitabiriye ubona badashaka gutaha  kubera ibyishimo uyu muhanzi yabahaye muri uwo mugoroba .

Davido nyuma yo kuva muri icyo gitaramo  yasimbukiye ku mbuga nkoranyambaga ze maze  ashimira abaitabiriye igitaramo cye  mu magambo make agira ati “ Lagos  Bya Byiza  cyane ‘ mwakoresheje imbaraga  nyinshi cyane birenze ibyo twari twiteze  .

Yakomeje agira  ati Umutima wanjye urishimye cyane  kandi ndabakunda  abafashe umwanya wabo bakaza  mu gitaramo cyanjye   mu misni mike ndababwira ahandi tuzataramira  hano iwacu.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 25, 2023 April 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Tour du Rwanda 2024: Pierre Latour yegukanye agace ka gatanu

February 22, 2024
Utuntu n'utundi

Ramaphosa yarahiriye kongera kuyobora Afurika y’Epfo

June 19, 2024
Imyidagaduro

Bad Rama arembejwe n’indwara ataramenya iyo ariyo

June 5, 2024
Imyidagaduro

Weasel yifurije Teta Sandra Isabukuru nziza mu mitoma iryoshye

November 7, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yashimiye RIB urwego rwiza igezeho igenza ibyaha

March 28, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria Bola Ahmed Tinubu i Abu Dhabi

January 14, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?