SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Menya umugabo Ruben Enaje ukomoka muri Filipine, Amaze kubambwa inshuro 34.
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Menya umugabo Ruben Enaje ukomoka muri Filipine, Amaze kubambwa inshuro 34.
Andi makuru

Menya umugabo Ruben Enaje ukomoka muri Filipine, Amaze kubambwa inshuro 34.

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/11 at 11:53 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ubusanzwe Ruben Enaje ni umubaji wo muri Filipine, akaba ari n’umushushanyi abifatanya no gusiga amarangi. gusa mbere gato yo kujya muri yo mirimo yindi yahoze ari umukozi mu bwubatsi. Azwiho kubambwa inshuro 34. Bivugwa ko ashobora kuba yaravutse 1960/1961 (Ni ukuvuga afite imyaka 62 cyangwa 63).

Yabambwe buri mwaka kuva 1986 kugeza mu mwaka wa 2019 ” Buri wa Gatanu Mutagatifu”; Gusa icyorezo cya Covid-19 cyamwiciye gahunda yiyemeje kubera ko kuva cyaza, muri 2020–2022 atigeze abambwa. Gusa ubu 2023 yarari mu bandi bantu 10 bo muri Filipine babambwe.

Yakomeje umuco we ngarukamwaka wo kubambwa mu 2023, abambwa ku nshuro ya 34 i San Pedro Cutud.
Enaje, wahoze ari umukozi w’ubwubatsi muri Filipine, yaguye mu nyubako itaruzura i Tarlac, arokoka mu buryo butunguranye.
Nyuma y’impanuka, avuga ko kwari ugushimira Uwiteka kumukiza, Enaje yatangiye kwitabira kubambwa, kubushake bwe, mu mihango ikorwa kuwa gatanu mutagatifu buri mwaka.

Ku ikubitiro yabikoze mu gihe cy’imyaka icyenda gusa kuva ibyo bibaye, yakomereje ku murindi abikora imyaka icyenda nk’icyifuzo cyo gukiza umukobwa we indwara ya asima nindi myaka icyenda kugira ngo umugore we agire ubuzima bwiza.

Enaje yabambwe ku nshuro ye ya mbere mu 1985. Yari yarasezeranije Imana ko azabambwa inshuro 27, yazigezeho muri 2013.

Muri 2019, Enaje yongeye kwizera ko amaherezo azabona umusimbura, amaze kubambwa ku nshuro ya 33 (imyaka ingana n’iya Yesu yambambiweho) Yabambwe ku nshuro ya 34 muri 2023, Nibwo yongeye gusubukura uruhare rwe mu kubambwa nyuma yo guhagarikwa kuva 2020 kugeza 2022 kubera icyorezo cya COVID-19. Yatanze umusaraba we wa 34, avuga ko bizaba ubwa nyuma, kugira ngo icyorezo nk’iki kirangire ndetse n’intambara y’Uburusiya muri Ukraine.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul April 11, 2023 April 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Kwamamaza

Kaizen Hotel yatashye ku mugaragaro ibikorwa bishya birimo Gym na Sauna Massage (Amafoto)

June 1, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano

December 30, 2024
Andi makuru

VJ Mupenzi na Ketia bitegura kurushinga basezeranye imbere y’amategeko

June 14, 2024
Imyidagaduro

Sintex yatawe muri yombi azira ibiyobyabwenge

May 8, 2023
Imyidagaduro

Itorero Inyamibwa ryateguje igitaramo cy’amateka cyatwaye arenga miliyoni 80

March 13, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa São Tomé-et-Príncipe

August 31, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?