SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe
Imyidagaduro

Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/27 at 6:56 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Iradukunda Javan umaze kumenyekana  nka Javanix  ukorera umuziki mu ntara y’Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze ziri mu njyana y’amapiano ubu yashyize hanze indi ndirimbo yise  Champion yakoranye n’umuhanzi Racine  ukunzwe  mu Rwanda  kubera imiririmbire ye

Iyi ndirimbo yagiye hanze mu buryo bw’amajwi yatunganyijwe na Al Hadji Captain P umaze kwamamara nka Logic Hit, ikozwe mu njyana nshya bise “Amakondo” aho bafashe Amapiano bavanga na Gakondo nyarwanda.

Javanix ubwo yari amaze gusohora iyi ndirimbo yadutangarije ko bayikoze mu njyana itamenyerewe mu Rwanda bagamije kugeza injyana gakondo ku rwego mpuzamahanga.

Ati ” Nahisemo kubikora nk’umuhanzi kuko ni umusanzu wanjye nk’umwenegihugu kandi ukunda u Rwanda n’abanyarwanda kugeza injyana yacu kure.”

Javanix avuga ko kenshi iyo ubutumwa buciye mu ndirimbo bugera kure bitewe n’abakunzi b’umuziki.Ati ”Igihe nk’iki abahanzi bagomba kunyuza ubutumwa mu njyana ndangagihugu, abakunzi bacu bakaryoherwa n’umuziki mwiza kandi ubyinitse.”

Muri iyi ndirimbo humvikanamo amagambo yiganjemo urukundo rwo mu mashuka ashimagiza umukobwa w’ikizungerezi ko ari “Champion” ahiga abandi bose.

 Ubusanzwe  JavaniX asanzwe amenyerewe  mu njyana zitandukanye harimo amapiano ndetse na Afrobeat aho yakunzwe mu zindi ndirimbo ze zitandukanye 

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul March 27, 2023 March 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubuzima

Richard Slayman wahawe impyiko y’ingurube yavuye mu bitaro

April 4, 2024
Imikino

Geoge Weah yemeje ko azitabira imikino yabakanyujijeho i Kigali

March 19, 2024
Imyidagaduro

Christopher yakoreye igitaramo cy’amateka i Kampala

May 8, 2023
Andi makuru

Imirambo 14 y’abasirikare ba SANDF baguye muri DRC yacyuwe iciye ku butaka bw’U Rwanda

February 7, 2025
Imikino

Amavubi yatsindiye Bénin 2-1 imbere y’Abanyarwanda bayagarurira icyizere (Amafoto)

October 15, 2024
Imyidagaduro

Kevin Kade yatumiwe mu gitaramo cya Deira Party i Dubai

September 25, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?