SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyabigwi Bobby Caldwell yitabye Imana ku myaka 71
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyabigwi Bobby Caldwell yitabye Imana ku myaka 71
Imyidagaduro

Umunyabigwi Bobby Caldwell yitabye Imana ku myaka 71

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/17 at 10:48 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umunyabigwi mu Njyana ya R&B, Bobby Caldwell, wamenyekanye mu ndirimbo ‘What You Won’t Do For Love’ yitabye Imana ku myaka 71.

Umugore we Mary Caldwell wabaye uwa mbere mu gutangaza aya makuru, yavuze ko uyu munyamuziki yari amaze igihe ahanganye n’uburwayi bufitanye isano n’imitsi ikorana n’ubwonko.

Caldwell avuga ko uyu musaza yapfiriye mu biganza bye ubwo bari mu rugo rwabo ruri i Great Meadows muri New Jersey nyuma y’imyaka itandatu yari amaze ahangana n’uburwayi.

Ati “Bobby yapfiriye hano mu rugo. Namufashe mu maboko igihe yadusigaga. Nzahorana umutima umenetse. Ndashimira mwese ku bw’amasengesho yanyu menshi mwakoze buri mwaka. Yari ahanganye n’uburwayi mu myaka itandatu n’amezi abiri. Ruhukira ku Mana, Rukundo rwanjye.”

‘What You Won’t Do For Love’ ni imwe mu ndirimbo za Bobby Caldwell zakunzwe cyane mu 1978 , biturutse ku buryohe bwayo yasubiwemo n’abantu batandukanye barimo na 2Pac wifashishije inyikirizo yayo mu ndirimbo “Do for Love” yakoze mu 1998.

Chance the Rapper yasangije abamukurikira ubutumwa yagiye yandikirana na Bobby Caldwell akiriho amubwira ko ari icyitegererezo kuri we ndetse n’abandi bo mu kiragano gishya.

Chance the Rapper washenguwe n’urupfu rwa Bobby Caldwell, yahishuye ko hari indirimbo yari ari kumufashaga kwandika.

Uyu munyamuziki watangiye muzika mu 1970, indirimbo yakoze zagiye zisubirwamo n’abaraperi batandukanye barimo Notorious B.I.G wifashishije indirimbo ‘My Flame’ mu gukora iyo yise ‘Sky’s the Limit’, Lil Nas X yasubiyemo “Carry On” , Common wakoze indirimbo yise “The Light” yifashishije “Open Your Eyes” ya Bobby Caldwell, n’abandi.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 17, 2023 March 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abanyarwenya Doctall Kingsley na MCA Tricky batumiwe mu gitaramo cya ‘Iwacu Summer Comedy Festival’

April 23, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Visha Keiz yashyize hanze indirimbo yise Nyash asaba abakunzi be kumushyigikira

January 17, 2023
Imikino

Manishimwe Djabel yasinyiye ikipe ya Naft Al-Wasat yo muri Iraq.

August 29, 2024
Imikino

Ikipe ya Bugesera yatandukanye n’umutoza Eric Nshimiyimana

November 14, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yasabye abanyafurika kutazahora bategereje ibya abandi

February 27, 2023
Imyidagaduro

Karolina Shiino wari uherutse kwegukana ikamba rya Miss Japan 2024 yasubije ikamba yegukanye

February 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?