SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Timaya avuga ko umubano wose utagomba kurangirira mu gukora mu bukwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Timaya avuga ko umubano wose utagomba kurangirira mu gukora mu bukwe
Imyidagaduro

Timaya avuga ko umubano wose utagomba kurangirira mu gukora mu bukwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/14 at 11:46 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Inetimi Timaya Odon wamenyekanye nka  Timaya  ni umwe mu bahanzi bakomeye mu gihugu cya Nijeriya nubwo muri iyi minsi  Atari gukora cyane  yatangaje ko  mu buzima bwe abona  umubano wose  muri iyi  minsi  utagomba  kurangirira mu  gukora  ubukwe .

Nubwo yemeye ko afite umufasha, uyu muhanzi yatangarije mu kiganiro  ‘Eye’s Eye’ ko atubatse kuko atiteguye.

Timaya yiyemereye kandi ko atishimiye kuba akikijwe n’abagore benshi kandi yibaza icyo azabakoresha bose kuko atihanganira ikinamico zabo .

Yakomeje agira ati “Ntabwo nubatse, mfite umukobwa w’inshuti kuko, sindi  umuntu nkuwo kuko ntacyo naba nkora nabo bagore bose  kuko  ntari umugabo  washobewe wakwihanganira  icyo kinamico zabo.

Timaya kandi  yashimangiye ko yakundanye n’abakobwa benshi ariko yarambiwe  ibibazo byabo bya buri gitondo mukibyuka batangira kubaza  uyu munsi turakora iki , turishimishiriza hehe ,ibintu mbona ko biba bimeze  nk’umukino .

Yasoje agira  ati  “Uwa nyuma yambajije ko mbere yuko ntangira gukundana n’umukunzi wanjye twabanye neza. Gusa yazindutse mu gitondo kimwe  ambaza ati: ‘Tugiye he?’ Ndamubwira nti: ‘Simbizi.kuko nabona  iyo mikino  ntayishobora ni mpmavu mvuga ko umubano wose utagomba kurangirira  mu gukora  mu bukwe.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 14, 2023 March 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Sitting Volleyball, yageze muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi!

November 15, 2023
Andi makuru

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente n’abadepite barahiye (Amafoto)

August 14, 2024
Andi makuru

Nyina wa Michelle Obama yitabye Imana

June 1, 2024
Imyidagaduro

Ibitaramo bya Iwacu na muzika byatewe inkunga na Mtn na Primus bizazenguruka igihugu cyose

August 23, 2024
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Caravane du Rire ryitabiriwe n’abayobozi ndetse n’abanyamahanga bataha bifashe imbavu (Amafoto)

June 30, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Taylor Swift yahize abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour

December 11, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?