SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Zari arashinja Diamond Platnumz kudaha umwanya abana be .
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Zari arashinja Diamond Platnumz kudaha umwanya abana be .
Imyidagaduro

Zari arashinja Diamond Platnumz kudaha umwanya abana be .

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/01 at 11:46 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Zari Hassan wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga akaba yaranahoze abana na Diamond Platnumz nk’umugabo n’umugore ndetse banafitanye abana babiri yongeye  kuvuga ko uyu mugabo atajya aha umwanya abana  be  .

Uyu mugore ukomoka  muri gihugu cya Uganda ndetse unafite  ubwenegihugu bwa Afurika y’epfo aho akorera ibikorwa bye  bitandukanye by’ubucuruzi yavuze ku  rugamba  arwana nk’umubyeyi umwe  .

Uyu mubyeyi w’abana batanu mu mashusho  yanyujije  kuri Tik Tok na Instagram  yagize ati  ninde  wababwiye ko abagore badafite ubushobozi bwo kurera abana  bonyine ?

Muri ayo mashusho Zari ari kubyina yagize ati  “ Ibyo abagore baraza  kubikora vuba  aha Kubera ko rimwe na rimwe, niyo mahitamo yonyine tuba dufite.

Umwe mubafana yahise yandika igitekerezo cye abwira zari ko Diamond Platnumz atunga abana be Tiffah na Prince Nillah .

Zari yamusubije ati  “ ndabyemera ko Diamond  atarera ashishikaye abana be  n’umutima we wose kandi kuba atanga amafaranga ntabwo  bivuze kurera umwna cyangwa ngo bibe bihagije .

Si ubwa mbere kuko Zari yigeze kuvuga ko Diamond yanze gusura abana be.  kandi inshuro nyinshi yagiye avuga ko arera abana be wenyine.

Si Zari wenyine  washinje  Diamond kutita  ku bana  be kuko na  Hamissa  Mobetto  nawe bafitanye umwana w’umuhungu nawe yigeze kuvuga ko uyu mwami wa Bongo  ari umubyeyi gito .

Gusa  mu mezi yashize  umwe mu bakozi ba Diamond akaba n’umuhanzi  witwa  Baba Levo yatangaje  ko Diamond atanga amafaranga menshi mu kwita  ku mwana  afitanye Hamissa Mobetto .

Hamisa ababaye cyane yasubije uwo Baba Levo ati: “Ninde mutware mukuru uvuga hagati yawe na sobuja   kugirango wowe utangire?  Uvuge aho ashyira ayo mafaranga ngo guherekeze  tujeye  kuyafata.

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul March 1, 2023 March 1, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Mc Monday wamenyekanye mu ndirimbo inyoni yarindunze yagarurse mu muziki

October 22, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Demarco wari utegerejwe i Kigali yahageze

January 26, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Victor Rukotana yateguje alubumu nshya nyuma yo gusoza amasezerano na Onomo Hotel

October 16, 2024
Andi makuru

Perezida Mamadi Doumbouya yishimiye urugendo rwa Perezida Kagame muri gihugu cye .

May 15, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano

December 30, 2024
Andi makuru

#Kwibuka31: Tariki 11 Mata 1994 : Ingabo z’ababiligi zari muri MINUAR zatereranye Abatutsi muri ETO Kicukiro

April 11, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?