SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yishimanye n’abuzukuru be kuri St Valentin
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yishimanye n’abuzukuru be kuri St Valentin
Andi makuru

Perezida Kagame yishimanye n’abuzukuru be kuri St Valentin

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/15 at 8:04 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida Kagame yatewe n’ibyishimo n’umunsi w’abakundana nyuma yo gusangiza ibihe bidasanzwe yatewe no kugirana na Madame Jeannette Kagame, Ange Kagame, n’abuzukuru be.

Abinyujije kuri konti ye ya Twitter, Perezida Kagame yasangije ibihe bidasanzwe yagiranye n’umuryango we wiganjemo abo we yise #1Girls barimo umufasha we Jeannette Kagame, umukobwa we Ange Kagame, n’abuzukuru be.

Yagize ati: “Uyu munsi n’abakobwa banjye” maze ashyiraho utumenyetso tw’umutima, twerekana amarangamutima yatewe no kuba ari kumwe nabo.

Perezida Kagame mu nshingano afite ntasiba kwerekana ibihe bidasanzwe byo kwita ku muryango we umunsi ku munsi, aho akunda gusangiza no kwerekana ibyiza byinshi ku muryango.
Aya marangamutima ayerekanye mu gihe uyu munsi tariki 14 Gashyantare 2023 ari umunsi mukuru w’abakundana, akaba ari umwe mu minsi ikomeye ku bakundana.

Perezida Kagame yatewe n’ibyishimo n’umunsi w’abakundana nyuma yo gusangiza ibihe bidasanzwe yatewe no kugirana na Madame Jeannette Kagame, Ange Kagame, n’abuzukuru be.

Abinyujije kuri konti ye ya Twitter, Perezida Kagame yasangije ibihe bidasanzwe yagiranye n’umuryango we wiganjemo abo we yise #1Girls barimo umufasha we Jeannette Kagame, umukobwa we Ange Kagame, n’abuzukuru be.

Yagize ati: “Uyu munsi n’abakobwa banjye” maze ashyiraho utumenyetso tw’umutima, twerekana amarangamutima yatewe no kuba ari kumwe nabo.

Perezida Kagame mu nshingano afite ntasiba kwerekana ibihe bidasanzwe byo kwita ku muryango we umunsi ku munsi, aho akunda gusangiza no kwerekana ibyiza byinshi ku muryango.

Aya marangamutima ayerekanye mu gihe uyu munsi tariki 14 Gashyantare 2023 ari umunsi mukuru w’abakundana, akaba ari umwe mu minsi ikomeye ku bakundana.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul February 15, 2023 February 15, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Anne Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara yitabye Imana

December 29, 2023
Andi makuruIyobokamana

James na Daniella banyuze abantu 1000 bitabiriye igitaramo bakoreye muri Kigali Convention Center

June 5, 2023
Andi makuru

Urupfu rw’Umunyarwanda Fred Kamaliza waguye muri Uganda rukomeje guteza urujijo

August 22, 2023
Imyidagaduro

Bwiza agiye gutaramira i Burayi mu gitaramo azahuriramo na Riderman na Christopher i Lyon

March 17, 2023
Andi makuruUtuntu n'utundi

Menya Impamvu Umuherwe Elon Musk Agiye kubaka Umujyi we

March 14, 2023
Imikino

Umusifuzi Twagirumukiza Abdul niwe uzasifura umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon sports

October 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?