Perezida Kagame yatewe n’ibyishimo n’umunsi w’abakundana nyuma yo gusangiza ibihe bidasanzwe yatewe no kugirana na Madame Jeannette Kagame, Ange Kagame, n’abuzukuru be.
Abinyujije kuri konti ye ya Twitter, Perezida Kagame yasangije ibihe bidasanzwe yagiranye n’umuryango we wiganjemo abo we yise #1Girls barimo umufasha we Jeannette Kagame, umukobwa we Ange Kagame, n’abuzukuru be.
Yagize ati: “Uyu munsi n’abakobwa banjye” maze ashyiraho utumenyetso tw’umutima, twerekana amarangamutima yatewe no kuba ari kumwe nabo.
Perezida Kagame mu nshingano afite ntasiba kwerekana ibihe bidasanzwe byo kwita ku muryango we umunsi ku munsi, aho akunda gusangiza no kwerekana ibyiza byinshi ku muryango.
Aya marangamutima ayerekanye mu gihe uyu munsi tariki 14 Gashyantare 2023 ari umunsi mukuru w’abakundana, akaba ari umwe mu minsi ikomeye ku bakundana.
Perezida Kagame yatewe n’ibyishimo n’umunsi w’abakundana nyuma yo gusangiza ibihe bidasanzwe yatewe no kugirana na Madame Jeannette Kagame, Ange Kagame, n’abuzukuru be.
Abinyujije kuri konti ye ya Twitter, Perezida Kagame yasangije ibihe bidasanzwe yagiranye n’umuryango we wiganjemo abo we yise #1Girls barimo umufasha we Jeannette Kagame, umukobwa we Ange Kagame, n’abuzukuru be.
Yagize ati: “Uyu munsi n’abakobwa banjye” maze ashyiraho utumenyetso tw’umutima, twerekana amarangamutima yatewe no kuba ari kumwe nabo.
Perezida Kagame mu nshingano afite ntasiba kwerekana ibihe bidasanzwe byo kwita ku muryango we umunsi ku munsi, aho akunda gusangiza no kwerekana ibyiza byinshi ku muryango.
Aya marangamutima ayerekanye mu gihe uyu munsi tariki 14 Gashyantare 2023 ari umunsi mukuru w’abakundana, akaba ari umwe mu minsi ikomeye ku bakundana.