SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Arstide Mugabe yatorewe kuba Perezida wa komite y’abakinnyi mu mikino Olempike na Siporo (RNOSC).
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Arstide Mugabe yatorewe kuba Perezida wa komite y’abakinnyi mu mikino Olempike na Siporo (RNOSC).
Imikino

Arstide Mugabe yatorewe kuba Perezida wa komite y’abakinnyi mu mikino Olempike na Siporo (RNOSC).

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/14 at 3:16 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Aristide Mugabe wabaye  kapiteni w ikipe y’igihugu ya Basketball yatoreye kuba Perezida mushya wa komisiyo  muri  komite y’abakinnyi mu mikino Olempike na Siporo (RNOSC).

 

Uyu musore  wanyuze mu kipe  memshi akomeye ya Basket  ball hano mu Rwanda  yatorewe uyu  mwanya mu matora yahuje  abakinnyi  bahagarariye Abanyamuryango bose ba Komite y’igihugu y’imikino Olempike na Siporo yabaye  ku cyumweru tariki  12 Gashyantare 2023.

Nkuko  byavuye  mu majwi  yose yabitabiriye amatora abantu batandatu bakurikira nibo bazaba bagize komite nshya yatowe muri komisiyo y’abakinnyi ba siporo mu gihugu cya Rwanda (RNOSC).

  • President: Aristide Mugabe (Rwanda Basketball Federation)
  • Vice President: Marthe Yankurije, OLY (Rwanda Athletics Federation)
  • Secretary: Yvette Igihozo Cyuzuzo (Rwanda Volleyball Federation)
  • Advisors: Eloi Maniraguha, OLY (Rwanda Swimming Federation), Clarisse Uwayo (Rwanda Taekwondo Federation) & Jean Semana (National Paralympic Committee of Rwanda)

Perezida w’agateganyo wa komite ishinzwe imikino Olempike na Siporo mu Rwanda, Madamu Alice Umulinga, yashimiye byimazeyo abagize Komite nshya yatowe kandi aniyemeza gukorana nabo kugira ngo bateze imbere abakinnyi b’u Rwanda.

Yakomeje ashimira   Komite icyuye igihe  kubera ubwitange bakoresheje  badacogora ndetse na serivisi nziza z’ingirakamaro muri manda yabo.

 

You Might Also Like

APR BBC yatsinzwe umukino wayo wa mbere mu maso ya Perezida Kagame na Madamu (Amafoto)

APR yatsindiye umukino wayo wa kabiri muri BAL imbere ya Perezida Kagame

Rwanda Premier League igiye guhemba abakinnyi n’abatoza bahize abandi mu mwaka wa 2024/2025

RIB yasabye Sam Karenzi Na Muramira Regis kureka intambara zabo z’amagambo Atari meza

Menya byinshi ku nyubako ya Zaria Court yuzuye itwae arenga Miliyoni 25 z’amadorali

Nsanzabera Jean Paul February 14, 2023 February 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Mamie Uwase ukorera umuziki wo guhimbaza Imana muri Amerika arasaba abakiristu gukomera ku mana yabo

July 12, 2024
Andi makuru

Umuhanzi Yvan Drive yashyize hanze indirimbo ebyiri zivuga ibigwi Perezida Kagame mu rwego rwo kumwamamaza .

June 26, 2024
Imyidagaduro

Niyo Bosco yashyize hanze Ep ye ya mbere iriho indirimbo Ndabihiwe yibajijweho byinshi

February 16, 2024
Imyidagaduro

Jennifer Lopez yikomye abakomeje kumwibasira bamuba ibye n’umugabo we

May 23, 2024
Imyidagaduro

Sebihogo Merci wahatanye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yambitswe impeta n’umukunzi we

December 28, 2022
Andi makuru

PDiddy yikomye inzego za Leta ashyize ubuzima bwe mu kaga

October 10, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?