SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon
Imyidagaduro

Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/19 at 2:32 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’ u Rwanda ‘Amavubi’ Haruna Niyonzima yakiranywe urugwiro n’ibyishimo mu ikipe ye nshya Al Ta’awon ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Libya.

Haruna bahimba amazina nka Fundi wa Soka, Iniesta, Baba Mzazi n’andi menshi kubera ubuhanga no guhozaho amaranye imyaka irenga 15 aconga ruhago, yerekeje muri Shampiyona ya Libya, nyuma y’ukwezi gushize asinyiye Al Ta’awon.

Abayobozi n’abatoza ba Al Ta’awon bakozwe ku mutima n’ubuhanga bwa Fadhil Niyonzima ubwo yigaragazaga mu mikino ya CAF Confederation Cup yahuje AS Kigali yakiniraga na Al Naasr yari ihagarariye Libya mu majonjora, baramushima ndetse nyuma baramusinyisha.

Haruna ufatwa nk’umwe mu bakinnyi beza u Rwanda rwagize mu mateka, yagaragaje amafoto ku rubuga rwa Instagram amwenyura, ubwo yari yakiranywe urugwiro n’abayobozi ba Al Ta’awon yamaze gusinyira amasezerano y’umwaka umwe.

‘Fundi wa Soka’ w’imyaka 32 y’amavuko si ubwa mbere agiye gukina hanze y’ u Rwanda kuko hagati ya 2011 na 2020 yakiniye Young Africans na Simba SC zo muri Tanzania, aho yanakunzwe bikomeye agahabwa utubyiniriro dusingiza ubuhanga bwe

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 19, 2023 January 19, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umuramyi Emmy yongeye gushimira mu ndirimbo ye nshya yise ku birenge bya Yesu (Video)

November 20, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame na Emir wa Qatar bitabiriye F1 ya Qatar GP

December 2, 2024
Andi makuru

Minisitiri Nduhungirehe yitabiriye inama yiga ku bufatanye bwa EU-AU I Buruseli

May 21, 2025
Imyidagaduro

Kwibuka 29 : Bwiza yahaye umukoro urubyiruko wo kwiga no kumenya amateka yaranze u Rwanda muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 10, 2023
Andi makuru

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 19 mu bihugu byari bifite ubwandu bwa Sida bwinshi mu mwaka 2020

May 9, 2023
Imikino

Barack Obama wayoboye Amerika yatewe agahind n’urupfu rwa Pele

December 30, 2022

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?