SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon
Imyidagaduro

Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/19 at 2:32 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’ u Rwanda ‘Amavubi’ Haruna Niyonzima yakiranywe urugwiro n’ibyishimo mu ikipe ye nshya Al Ta’awon ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Libya.

Haruna bahimba amazina nka Fundi wa Soka, Iniesta, Baba Mzazi n’andi menshi kubera ubuhanga no guhozaho amaranye imyaka irenga 15 aconga ruhago, yerekeje muri Shampiyona ya Libya, nyuma y’ukwezi gushize asinyiye Al Ta’awon.

Abayobozi n’abatoza ba Al Ta’awon bakozwe ku mutima n’ubuhanga bwa Fadhil Niyonzima ubwo yigaragazaga mu mikino ya CAF Confederation Cup yahuje AS Kigali yakiniraga na Al Naasr yari ihagarariye Libya mu majonjora, baramushima ndetse nyuma baramusinyisha.

Haruna ufatwa nk’umwe mu bakinnyi beza u Rwanda rwagize mu mateka, yagaragaje amafoto ku rubuga rwa Instagram amwenyura, ubwo yari yakiranywe urugwiro n’abayobozi ba Al Ta’awon yamaze gusinyira amasezerano y’umwaka umwe.

‘Fundi wa Soka’ w’imyaka 32 y’amavuko si ubwa mbere agiye gukina hanze y’ u Rwanda kuko hagati ya 2011 na 2020 yakiniye Young Africans na Simba SC zo muri Tanzania, aho yanakunzwe bikomeye agahabwa utubyiniriro dusingiza ubuhanga bwe

You Might Also Like

Album 25Shades ya Bwiza izagera kw’isoko tariki ya 16 Gicurasi 2025

Ubuhamya bwa Cassie Ventura mu rubanza rwa P Diddy bushobora gutuma afungwa Burundu

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Nsanzabera Jean Paul January 19, 2023 January 19, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Skol yifatanyije n’abaturage bo mu Nzove mu muganda (Amafoto )

May 28, 2023
Ikoranabuhanga

USA:Ikigo cya Apple na guverinona bakomeje kwitana ba mwana

March 25, 2024
Imikino

Perezida Samia Suluhu yemereye ikipe ya Simba Fc Miliyoni 10 kuri buri gitego izatsinda Al Ahly SC

October 18, 2023
Imyidagaduro

Abaraperi bazitabira icyumba cya Rap batsinzwe na AJSPOR 7-2

December 18, 2024
Utuntu n'utundi

Nyina w’umugore wa Donald Trump yitabye Imana

January 10, 2024
Utuntu n'utundi

Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul yasabiwe gufungwa iminsi 30

November 7, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?