SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Aline wo muri Bamenya yibarutse umwana wa kabiri
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Aline wo muri Bamenya yibarutse umwana wa kabiri
Imyidagaduro

Aline wo muri Bamenya yibarutse umwana wa kabiri

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/19 at 9:33 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Munezero Aline uzwi ku izina rya Bijoux muri filime y’uruhererekane ya Bamenya yibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu nyuma yo gukora ubukwe n’umuhanzi Lionel Sentore ariko bakaza gutandukana mu buryo benshi bakomeje kwibazaho

Bijoux na Lionel Sentore bakoze ubukwe taliki ya 8 Mutarama 2022, ibirori byabereye mu mujyi wa Kigali ahitwa Golden Garden ku I Rebero.

Munezero Aline nyuma yo gukora ubukwe, hanze hakomeje kuza ibihuha bivuga ko yatandukanye na Sentore gusa bombi bakajya bitana bamwana kuri aya makuru.

Nubwo aba bombi bakomeje kugenda banga kugira icyo batangaza amakuru azwi neza ni uko  hashize n’igihe kitari gito bombi batandukanye. Umugabo asubira gutura mu Bubiligi aho yari asanzwe aba na Bijoux asubira kuba ku babyeyi.

 

Ikindi ni uko Bijoux yaje kubona undi mukunzi bakiri na kumwe magingo aya. Nta gihindutse muri uyu mwaka bashobora no kuzatanga ibindi birori mu nshuti n’umuryango agasezerana n’uyu mukunzi mushya atarerekana mu ruhame.

Ku munsi watambutse Taliki ya 18 Mutarama 2023. Bijoux abinyujije kuri Instagram ye yaciye amarenga avuga ko uwo bari gukundana ubu ari umusore umwumva cyane mu rukundo.

Yashyizeho ifoto bombi bafatanye mu kiganza ati “Uzakundane n’umuntu ugushaka, umuntu uha agaciro igihe cya we, ukora ibishoboka byose ngo akumenye anakumve, ukumva akanagushyigikira, umuntu wishimira kumarana igihe na we, utuma wumva udasanzwe, utuma wumva ukenewe kandi unakunzwe.”

Nyuma  yayo mafoto twufuje kumubaza  byinsi ku rukundo rwe  n’uwo mukunzi ndetse no kuba yaramubyariye  adutangariza ko ahari kandi ko ari ukuri  yamaze kwibaruka

Ati “Nibyo nibarutse gusa ikibazo ni uko hari aba batangaza ibintu batazi gusa nabyaye umwana w’umuhungu.”

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 19, 2023 January 19, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImikino

Umutoza Mushumba Charles yasinye imyaka itatu muri REG BBC

November 7, 2023
Imikino

Umunyarwandakazi Tufaha Uwihoreye yasezerewe rugikubita mu mikino olempike

July 27, 2024
Utuntu n'utundi

Claudia Sheinbaum yabaye perezida wa Mbere w’umugore utorewe kuyobora Mexico

June 4, 2024
Imyidagaduro

Piano The Grooveman yasinye muri Studio y’umuhanzi Ricky Password

May 10, 2024
Imyidagaduro

ZeoTrap,Bushali,Nel Ngabo,Ariel wayz na Kevin Kade binjije abanyamusanze muri noheli neza

December 27, 2024
Imyidagaduro

Element EléeeH yahembuye imitima y’inkumi z’I Kampala zimurundaho amashilingi

November 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?