SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’
Imyidagaduro

Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/18 at 10:06 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Otile Brown uri mu bahanzi bagezweho mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba ari mu gahinda nyuma yo kwibirwa mudasobwa ebyiri ku kibuga kuri ‘Nyerere International Airport’ muri Tanzania.

Uyu muhanzi ntiyigeze atangaza igihe yibiwe, gusa abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yatewe agahinda no kuba na polisi y’iki gihugu ntacyo yakoze ngo imufashe kugaruza izi mudasobwa zo mu bwoko bwa ‘Macbook’.

Ati “Ku kibuga cy’indege cya Julius Nyerere muri Tanzania nibwe mudasobwa ebyiri, n’abarinzi nibashake bakurweho kuko ntacyo bamaze, mu masaha atatu yose mpamaze banze no kugira icyo badufasha ngo dushakishe byibura ngo turebe ko izo mudasobwa zaboneka. ijoro rimbereye ribi mu buzima bwanjye.”

Yakomeje avuga ko abashinzwe uburinzi kuri iki kibuga cy’indege bamwangiye ko banareba muri camera zishinzwe umutekano.

Ati “Ese ubundi nk’abashinzwe uburinzi akazi kabo ni akahe? badashoboye no kugira icyo bagufasha. Njyewe nk’umukunzi wa Tanzania ndababaye cyane, nkeneye ubutabera kuko ngomba kugarurirwa mudasobwa zanjye iri joro, ariko wagira ngo barashaka ko nguma mu gihombo.”

Otile Brown ukomoka muri Kenya ni umwe mu bahanzi bamaze kwigarurira igikundiro cy’abatari bake barimo n’Abanyarwanda. Uyu muhanzi kandi yakoranye indirimo na bagenzi be bo mu Rwanda, The Ben na Meddy.

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 18, 2023 January 18, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Umuyobozi wa US Secret Service Kimberly Cheatle, yeguye ku mirimo ye

July 23, 2024
Imyidagaduro

Producer Multisystem wakoze benshi mu bahanzi yitabye Imana

July 27, 2023
Imyidagaduro

Teta Sandra yasabye imbabazi ku butumwa yandite ku mbuga nkoranyambaga ze bigafatwa nko gufobya Jenoside

April 9, 2025
Ubukungu

ATIDI Insures Loan to Implement 300Euro million Infrastructure Projects in Tanzania funded by Deutsche Bank

July 26, 2023
Imyidagaduro

The Ben yiseguye ku muryango we nuwu mugore kubera ifoto bashyize hanze

December 30, 2024
Andi makuru

GASABO: Polisi yataye muri yombi 2 bibaga abaturage bakoresheje ibikangisho

December 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?