SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Miss kayibanda Aurore yambitswe impeta ya kabiri n’umuherwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Miss kayibanda Aurore yambitswe impeta ya kabiri n’umuherwe
Imyidagaduro

Miss kayibanda Aurore yambitswe impeta ya kabiri n’umuherwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/18 at 6:09 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Aurore Kayibanda wegukanye ikamba rya Miss Rwanda yongeye kwambikwa impeta n’umusore bitegura kurushinga nyuma y’imyaka hafi ibiri atandukanye na Mbabazi Egide wari wamwambitse iya mbere bakanabana nk’umugore n’umugabo.

Amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Kayibanda yambikwa impeta n’undi musore bitegura kurushinga.

Nubwo aya mafoto akomeje gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga, nta makuru menshi aratangazwa kuri uyu musore wambitse impeta Kayibanda.

Kayibanda yari yarambitswe impeta mu 2018 ubwo Mbabazi Egide yasabaga uyu mukobwa ko barushinga.

Mu 2021, uyu mukobwa yifashishije imbuga nkoranyambaga yaje gutangaza ko yatandukanye na Mbabazi ndetse ahishura ko agiye kwandika igitabo ku buzima bw’urukundo yanyuzemo.

Icyakora mu minsi ishize, uyu mukobwa yabajijwe iby’icyo gitabo avuga ko yaje gusanga yahitamo kwandika igifitiye Abanyarwanda benshi akamaro kurusha ikimureba wenyine.

Ku rundi ruhande aherutse kubwira abamukurikira ko ari mu rukundo nubwo atahishuye ngo ahamye ko ari urw’umusore bitegura kurushinga.

Kugeza  Ubu twandika iyi nkuru nta makuru menshi ahambaye aramenyekana ku bijyanye n’amazina y’umukunzi mushya wa  Miss Kayibanda Aurore  ariko biravugwa ko ari umuherwe w’umunyarwanda  nawe uba  Muri Leta  zunze ubumwe z’Amerika bamaze iihe bakundana  ndetse bakaba bari banari kumwe mu biruhuko hano mu rwanda  Umwaka Ushize.


 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 18, 2023 January 18, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Joseph Kabila yagiranye inama nyunguranabitekerezo n’abayobozi b’amadini muri Goma

May 29, 2025
Imyidagaduro

Umunyarwenya Kevin heart ari mu Rwanda (Amafoto)

July 19, 2023
Imyidagaduro

Umubyeyi wa Turahirwa Moses yitandukanyije nibyo umuhungu we yatangaje k’Umukuru w’igihugu

April 16, 2025
Andi makuru

Udushya twaranze ukwiyamamaza kw’Umukandida wa RPF Inkotanyi I Gahanga (Amafoto )

July 13, 2024
Kwamamaza

Israel Mbonyi yagizwe Brand Ambassador w’ikinyobwa cya Maltona gikorwa na Skol

July 26, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Urukiko rwategetse ko Karasira yongera gusuzumwa uburwayi bwo mu mutwe

May 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?