SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kikac Music na Ferwacy bateguriye ibitaramo abazitabira Tour du Rwanda 2023
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Kikac Music na Ferwacy bateguriye ibitaramo abazitabira Tour du Rwanda 2023
ImikinoImyidagaduro

Kikac Music na Ferwacy bateguriye ibitaramo abazitabira Tour du Rwanda 2023

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/13 at 10:25 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu gihe hasigaye igihe kitagera ku ku kwezi ngo mu Rwanda irushanwa ryo gusiganwa ku magare rizwi nka Tour du Rwanda 2023 abakunzi ba muziki  nyarwanda bateguriwe ibitaramo byiswe Tour du Rwanda Festival .

Ibi bitaramo byateguwe ku bufatanye n’inzu ifasha abahanzi ya Kikac Music n’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (Ferwacy) nyuma y’ibiganiro byabaye kuri uyu wa kane hagati y’ibyo bigo byombi.

mu kiganiro na Uhujimfura Jean Claude  wari uhagarariye KIKAC Music muri ibi biganiro yadutangarije ko ibiganiro bagiranye na Ferwacy byagenze cyane birangira bemeranyije ko bazategura ibyo bitaramo nubwo umubare naho bizabera batigeze bahatangaza .

Yakomeje agira Ati “Twaganiriye byinshi, harimo inama batugiriye ndetse hari n’ibyo natwe twaberetse ko twiteguye gukora. Icyakora ikirenze ibyo byose ni uko ubuyobozi bwa Ferwacy bwatwemereye ubufasha no kutuba hafi mu rugendo rwo gutegura ibitaramo bizajya bijyana n’amagare.”

Uyu musore yavuze ko bifuza guhuza amagare n’umuziki kuko abakunzi bayo iyo bamaze kuruhuka mu gihe cya nimugoroba baba bifuza ahantu bahurira bagasabana.

Avuga ko aya azaba ari andi mahirwe ku bafatanyabikorwa ba Tour du Rwanda bazabegera kuko bazaba babonye aho bakongera gutangira ubutumwa bw’ibikorwa byabo.

Aha niho Uhujimfura yahereye asaba abafatanyabikorwa ba Tour du Rwanda no gushyigikira ‘Tour du Rwanda Festival’ kuko uretse gususurutsa abantu ariko ari n’umwanya mwiza wo gutambutsa ubutumwa bwabo ku mbaga zitabira ibi bitaramo.

Biteganyijwe y’uko irushanwa rya Tour du Rwanda rizatangira rizatangira tarika ya 19 Gashyantare 2023 kugeza tariki 26 rikaba rizasenguruka igihugu cyose.

You Might Also Like

Ababiligi bisubiyeho batangaje ko bazitabira Shampiyona y’isi y’amagare mu Rwanda

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Nsanzabera Jean Paul January 13, 2023 January 13, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Amavubi yakiranywe urugwiro mu mwiherero ku Gisagara

June 15, 2023
Imyidagaduro

Ariel Wayz yashimiye Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kumwereka ko yakunze album ye

April 1, 2025
Imikino

CECAFA U18 : Rulisa Patience azasifura umukino wa nyuma

December 7, 2023
Imikino

Amafoto azibukwa na benshi ku mukino wa Nigeria yatsinzemo amavubi imbere ya Perezida Paul Kagame

March 22, 2025
Imyidagaduro

Ibitaramo bya Gen-Z Comedy byahinduriwe aho bizajya bibera

April 26, 2023
Andi makuru

Tafari Campbell wari umutetsi wihariye w’umuryango wa Barack Obama yitabye Imana arohamye

July 25, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?