SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kecapu n’umukunzi we bagiye kwibaruka
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Kecapu n’umukunzi we bagiye kwibaruka
Andi makuru

Kecapu n’umukunzi we bagiye kwibaruka

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/13 at 11:00 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mukayizera Jalia Nelly uzwi nka Kecapu, izina yakuye muri sinema yafashe umwanya atera imitoma ishyushye umukunzi we Mutabazi Jean Luc, anaboneraho kwereka abakunzi be ko mu gihe gito azaba yibarutse.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagize ati: “Umunsi mwiza w’amavuko ku mugabo ufite umugore usa neza ku isi. Ndagukunda cyane Papa twi…..”

Kuvuga ko ari we mugore mwiza, Kecapu n’ubwo asa n’uwakomozaga ku mafoto yasangije abamukurikira akuriwe harimo n’aho afite ihene, ariko n’ubusanzwe ubwiza bw’uyu mukinnyi wa filimi bujyana n’ubuhanga bunyura benshi.

Mutabazi Jean Luc na Kecapu bakaba urukundo rwabo rwarashyushye cyane muri 2022, ari nabwo muri Gicurasi basezeranye kubana mu mategeko mu birori byitabiwe n’ibyamama bitandukanye biyemeza kubana akaramata imbere y’Imana n’abantu.

Aba bombi bakaba barasezeraniye mu idini rya Isilamu ari naryo basengeramo. N’ubwo ariko iby’umubano w’aba byamenyekanye vuba, ariko bo baziranye kuva biga mu yisumbuye mu 2009.

Hagati aho bagiye baburana ubundi bakongera bakihuza kugera umubano wabo ukomeye, baza kwiyemeza kubana kuko basanze bahuje byinshi.

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Nsanzabera Jean Paul January 13, 2023 January 13, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abanyamuryango ba Tiger Gate S Ltd bakoze inama Rusange biyemeza gukomeza guteza imbere akazi kabo

August 13, 2024
Imyidagaduro

Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’ifungurwa rya Titi Brown

December 12, 2023
Imikino

APR BBC na REG BBC zigiye guhurira mu irushanwa ryo Kwibuka 30

April 16, 2024
Imikino

Visit Rwanda na Arsenal begukanye igihembo muri Football Business Award 2023

June 1, 2023
Imyidagaduro

Pst Theogene Niyonshuti uzwi nk’umwana wo ku mihanda yitabye Imana

June 23, 2023
Ikoranabuhanga

Perezida Paul Kagame yashimiye Ubuyobozi bwa Netflix kuba yaragejeje ku isoko ryo mu gihugu telefone ihendutse 

October 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?