SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ange Kagame yashimangije alubumu ya Ruti Joel yise Musomandera
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ange Kagame yashimangije alubumu ya Ruti Joel yise Musomandera
Andi makuruImyidagaduro

Ange Kagame yashimangije alubumu ya Ruti Joel yise Musomandera

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/13 at 12:11 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ange Kagame yanyuzwe na Album ya Ruti Joel imaze kwerekana ko yakunzwe bitewe n’umwihariko w’umuco wa Kinyarwanda uyirangwamo uyu muhanzi yatuye umubyeyi we, nyuma yo kugirwamo uruhare na nyakwigendera Yvan Buravan.

Abinyujije kuri konti ye ya twitter, Fiona Kamikazi yasangije abantu ubutumwa bwerekana ko yanyuzwe na Album ya Ruti Joel yibutsa n’uburyo Didier Drogba yumvise ndetse anabyina indirimbo ‘Ibihame’ yari itarasohoka.

Agisangiza abantu ubwo butumwa, Ange Kagame yagiye ahandikirwa ubutumwa maze yandika avuga ko “Ikunzwe cyane ubu yageze ku muzingo w’indirimbo” ubona ko agiye kujya kuyumva.

Ange Kagame umukobwa w’Umukuru w’igihugu ukunda kugaragaza ko akunda imyidagaduro, akunda gushyira hanze indirimbo akunda ndetse agakora n’urutonde rwazo mu bihe bitandukanye yari aherutse kwerekana ko akunda indirimbo ‘Yantumye ya king James’.

Ange Kagame asanzwe agaragaza ko akurikiranira hafi imyidagaduro muri rusange ndetse n’imikino, aho mu gikombe cya Afrika cyigeze kubera muri Equatorial Guinea yafanaga ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yaje no kucyegukana, ndetse mu minsi ishize yaciye amarenga yo gushyigikira Ubufaransa bwa Mbappe.

Iyi album ‘Musomandera’ niyo ya mbere amuritse, gusa mu 2021 yari afite gahunda yo kumurika iyo yitiriye izina rye ‘Rumata’ ariko byarangiye idasohotse.

Umuzingo wa Ruti Joel ugizwe n’indirimbo 10 zirimo; Rwagasabo, Musomandera, Ibihame, Nyambo, Gaju, Cunda, Akadege, Amaliza, Murakaza n’Ikinimba.

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul January 13, 2023 January 13, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abakinnyi inkuba yakubise basezerewe mu bitaro.

January 15, 2024
Imikino

Amagare: Akagera Rhino Race iratangira kuri uyu wa 26 Ukuboza 2023!

December 25, 2023
Imyidagaduro

Umunyarwenya wamamaye ku rubuga rwa TikTok nka 2Pac yitabye Imana

March 31, 2023
Imyidagaduro

The Ben yashyize hanze indirimbo Plenty yari itegerejwe na benshi

September 27, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais

March 3, 2023
Andi makuru

Umwamikazi wa Danemark yatangaje ko agiye kwegura ku ngoma

January 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?