SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bianca yasezeye mu kiganiro Takeover ku Isibo Tv
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bianca yasezeye mu kiganiro Takeover ku Isibo Tv
Imyidagaduro

Bianca yasezeye mu kiganiro Takeover ku Isibo Tv

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/05 at 6:20 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE
Uwamwezi Mugire wamamaye nka Bianca yasezeye kuri Isibo TV yari amaze imyaka itatu akorera. Biravugwa ko agiye gusimbuzwa uwase Muyango Claudine.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Mutarama 2023, nibwo Bianca abinyujije ku mbuga nkoranyambaga akoresha, yamenyesheje abamukurikira ko atakibarizwa ku Isibo TV by’umwihariko mu kiganiro Takeover yakoraga.

Bianca yamenyesheje abamukurikira ko guhera tariki 1 Mutarama 2023 atakibarizwa ku Isibo TV.

Icyakora muri iyi nyandiko ntabwo yigeze ahishura niba agiye gukomereza mu kindi kinyamakuru, gusa yasabye abakunzi be kuzakomeza kumushyigikira muri gahunda agiyemo.

Biravugwa ko agiye kubisikana na Uwase Muyango Claudine wamenyekanye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019.

Ni irushanwa Muyango yakuyemo ikamba ry’umukobwa uberwa n’amafoto, icyakora na nyuma y’irushanwa ntabwo yigeze ava ku mpapuro z’ibinyamakuru byandikirwa mu Rwanda kuko yahise aninjira mu rukundo na Kimenyi Yves, umukinnyi w’Ikipe y’igihugu ’Amavubi’ uyu munsi bakaba bamaze kubyarana umwana umwe.

Uyu mukobwa byitezwe ko agomba gutangira akazi mu minsi ya vuba. Ni ubwa mbere azaba akoze mu kinyamakuru icyo aricyo cyose cyane ko atigeze akora umwuga w’itangazamakuru.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 5, 2023 January 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Rubavu :Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo gushyingura 13 bahitanywe n’ibiza

May 4, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Urubyiruko ruhagarariye urundi mu gihugu cyose rwitabiriye igihango cy’urungano

April 25, 2025
Imyidagaduro

Ed Sheeran akomeje guca uduhigo mu Bwongereza

July 23, 2024
Imyidagaduro

Safi Madiba agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise Back To Life

November 4, 2023
Imikino

Nyuma yo kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso Henok Mulubrhan ntakitabiriye Tour du Rwanda 2024

February 6, 2024
Andi makuruImikino

Inferno Lounge Bar yateguriye abakiliya bayo amarushanwa ya Pool Table

September 20, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?