SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Barack Obama wayoboye Amerika yatewe agahind n’urupfu rwa Pele
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Barack Obama wayoboye Amerika yatewe agahind n’urupfu rwa Pele
Imikino

Barack Obama wayoboye Amerika yatewe agahind n’urupfu rwa Pele

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/30 at 12:04 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Balack Obama wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yavuze amagambo amuri ku mutima we nyuma y’uko Pele wari umwami wa ruhago atanze.

Uyu mukinnyi yari amaze iminsi mu bitaro biherereye muri Sao Paulo mu gace ka Brazil ndetse ninaho yapfiriye ari kumwe n’umuryango we wari umaze iminsi umusura cyane kuko yararembye. Pele niwe wafashe ikipe y’igihugu ya Brazil ayiha ubushongore n’ubukaka tuyibonana ubu,yakoze amateka ayihesha ibikombe by’isi 3 bitari byakorwa n’undi rutihazamu ku isi.

Urupfu rw’umwami w’umupira w’amaguru Pele rukomeje kuvugisha benshi batanazwi mu mupira w’amaguru ,uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Balack Obama nawe abinyujije ku mbuga nkoranyambaga akoresha zirimo Twiter na Instagram yanditse ati”Pele niwe mukinnyi mwiza wabayeho unakina umupira ubereye ijisho kandi ni umwe mu bakinnyi bari bazwi na buri muntu wese haba abakunda umupira w’amaguru ndetse n’abatawukunda.

Pele yasobanukiwe imbaraga za siporo zo guhuza abantu muri rusange . Ibitekerezo byacu byose biri kumuryango wa Pele ndetse n’abamushimira ibikorwa bye kandi bamukunda.

Muri 2019 mu kwezi kwa 5 tariki 30 nibwo Balack Obama yakoreye uruzinduko mu gace ka Sao Paulo gaherereye muri Brazil, Uyu wahoze ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika yafashe umwanya ahura na Pele baraganira.

Nyuma y’uko aba bombi bahuye Pele yagiye ku mbuga nkoranyambaga arandika ati”nahuye na Balack Obama twaganiriye ku kuba twakorana Isi tukayihindura nziza.nishimiye kuba hamwe nawe”.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul December 30, 2022 December 30, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Pamella yifurije umugabo we The Ben isabukuru nziza amubwira amagambo aryoshye

January 9, 2024
Imyidagaduro

Ibya P Diddy bikomeje kuba agatereranzamba

October 2, 2024
Imyidagaduro

Riderman yavugishije abatari bake nyuma yo kuvuga ko ashaka kwiyamamariza kuba umudepite

May 21, 2024
Andi makuru

#Kwibuka31: Ntabwo twibuka kugira ngo tugume mu gahinda ahubwo twibuka kugira ngo turinde ejo hazaza : Kate Bashabe

April 10, 2025
Andi makuru

Sgt Minani Gervais yatangiye kuburana ubujurire bw’urubanza rwe

February 6, 2025
Iyobokamana

RIB yataye muri yombi Nzizera Aimable wayobora Rwanda Gospels Stars Live

June 10, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?