SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Pele wabaye igihangange muri ikipe ya Brazil yitabye Imana ku myaka 82
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Pele wabaye igihangange muri ikipe ya Brazil yitabye Imana ku myaka 82
Imikino

Pele wabaye igihangange muri ikipe ya Brazil yitabye Imana ku myaka 82

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/29 at 8:33 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyi wakiniye ikipe y’igihugu ya Brazil, Pele, yitabye Imana nyuma y’igihe kinini yari amaze arwariye mu bitaro.

Ednson Arantes do Nascimento wari uzwi nka Pele y’itabye Imana uyu munsi mu masaha yanimugoroba azize kanseri yari arwaye kuva muri 2021.

Pele ku itariki 21 zuku kwezi nibwo byari byavuzwe ko arembye cyane ndetse muri iyi minsi ishize yarari gusurwa nabo mu muryango we cyane bitewe nukuntu yararembye.

Uyu mugabo yabaye umukinnyi ukomeye cyane mu mupira w’amaguru kuko ariwe wafatwaga nk’umukinnyi w’ibihe byose isi yagize mu mupira w’amaguru.

Pele yahesheje ibikombe by’Isi 3 ikipe y’igihugu cye ya Brazil, igikombe cy’isi cyo mu 1958, 1962 ndetse nicyo mu 1970. Nkuko ibinyamakuru byinshi bigenda bibyandika uyu mukinnyi ngo yatsinze ibitego bigera 1281.

Pele wapfuye afite imyaka 82 yakiniye Brazil imikino 92 ayitsindira ibitego 77, ni we mukinnyi wenyine ku isi ya Rurema wabashije kweguka ibikombe by’isi 3.

Gusa hari ibikombe by’umuntu ku giti cye atigeze yegukana bitewe nuko atavukiye ku mugabane w’iburayi cyangwa ngo ahakinire birimo Ballon d’Or na Champions League. Pele yari afite abana 7 gusa, urupfu rwe rwemejwe n’uwari ushinzwe kureba inyungu ze witwa Joe Fraga.

 

 

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul December 29, 2022 December 29, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Madamu Mushikiwabo yakiriwe mu biro na Col Doumbouya

January 9, 2024
Imyidagaduro

Decent Entertainment ya Muyoboke Alex yateguye igitaramo Iryamugabe ku munsi wo kwibohora

June 22, 2023
Andi makuru

Miss Nishimwe Naomie yateguje itariki y’ubukwe bwe n’umukunzi we Tesfay

August 28, 2024
Andi makuru

Gen Muhoozi Kainerugaba yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda

March 20, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Grace Da Queen ahataniye igihembo naba rwiyemezamirimo bakomeye muri Zikomo Awards

October 17, 2024
Imyidagaduro

Chris Brown yakoze amateka yo kugurisha amatike menshi mu gihe gito muri Afurika y’epfo na Brasil

October 4, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?