SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sebihogo Merci wahatanye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yambitswe impeta n’umukunzi we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Sebihogo Merci wahatanye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yambitswe impeta n’umukunzi we
Imyidagaduro

Sebihogo Merci wahatanye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yambitswe impeta n’umukunzi we

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 28, 2022
Share
SHARE

Sebihogo Kazeneza Merci wabaye igisonga cya mbere cya Miss RTUC 2016 akanahatana mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022, yambitswe impeta y’urudashira n’umukunzi we bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo.

Mu mafoto n’amashusho  yasangijwe n’inshuti za hafi z’uyu mukobwa zari zabukereye mu birori byambikiwemo Sebihogo Merci Impeta, bavuze ko atazuyaje kuyambara cyane ko ari umukunzi we w’ibihe byose.

Inshuti za hafi za Sebihogo zavuze ko byari ibyishimo kuri bombi, ndetse abantu bari bahari bishimiye urukundo rwabo cyane ko aba hafi mu muryango wabo bari baruzi cyane.

Sebihogo yamenyekanye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda, gusa yari yarabaye igisonga cya Miss RTUC 2016, ndetse akaba akora ku ishusho aho ashinzwe ibyinjira n’ibisohoka.

Kazeneza Marie Merci kandi yanakoze muri RwandAir imyaka ibiri nka “Flight Attendant”, yinjiye muri Miss Rwanda afite umushinga wo gukora urubuga rwo kuri murandasi rufasha benshi kwiga no kwihugura ariko rukanafasha abarukoresha kwidagadura, bigatuma bakomeza kugira ubushake no gushishikarira inyigisho barukuraho

Kazeneza Marie Merci yitabiriye Miss Rwanda yifuza gushyira mu bikorwa umushinga wo gukora urubuga rwo kuri murandasi, gusa amahirwe ye yaje gucishwamo umurongo ubwo yavaga muri iri rushanwa.

Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.
Menya byinshi kuri Alubumu ya mbere ya Bwiza yise My Dream
Selena Gomez yakeje Rema nyuma y’uko indirimbo Calm Down iciye agahigo kuri Spotify
Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Papa Sava yavuze imuzingo uko akazi ke kamurutira inkumi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

New Ie Casino Online

May 28, 2024

Online Casino Flexepin

May 28, 2024

Winpalace Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Play Roulette With Live Dealer Ireland Free

October 26, 2020

Play Roulette On My Phone

February 25, 2025

Reel King Casino

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?