SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.
Imyidagaduro

Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/28 at 12:31 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Joseph ’Jo’ Mersa Marley, umwuzukuru wa Bob Marley yitabye Imana afite imyaka 31.

Jo Mersa yasanzwe mu modoka ye yapfuye ku wa 27 Ukuboza 2022. Bivugwa ko urupfu rwe rwatewe n’ indwara ya asima yari amaranye igihe.

Kugeza ubu nta bisobanuro birambuye umuryango we uratangaza kuri uru rupfu rw’uyu muhanzi wakuriye muri sosiyete ifasha abahanzi ya Tuff Gong .

Minisitiri w’intebe w Jamaica, Andrew Holness ni umwe mu babajwe n’urupfu rw’uyu munyamuziki, avuga ko ari igihombo gikomeye ku muziki wa Jamaica.

Abinyujije kuri Twitter yanditse agira ati “ Agiye akiri muto , gupfa ku myaka 31 ni igihombo gikomeye ku muziki wa Jamaica no ku bisekuru bizaza.”

Yakomeje agira ati “Nihanganishije inshuti za Joseph , umuryango we, n’abanyamuziki ba Reggae n’abandi bose bakunze uyu muhanzi.”

Abandi bababajwe n’urupfu rw’uyu muhanzi barimo Shaggy , Mark Golding utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Jamaica n’abandi.

Jo Mersa ni umwe mu bana 11 ba Stephen Marley. Yakuriye muri Miami aho yigiye ibijyanye no gutunganya amajwi muri Miami Dade College.

Asize EP ebyiri zirimo “Comfortable” yakoze mu 2014 na “Eternal,” yakoze mu 2021.

 

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul December 28, 2022 December 28, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abahanzi Amalon,Victor Rukotana na Juno Kizigenza bateguye ibitaramo bibimburira umunsi mpuzamahanga wa Muzika

April 30, 2025
Andi makuru

Imodoka ya Sosiyete internationsl ikoze Impanuka ikomeye i Rulindob

February 11, 2025
Imyidagaduro

KennySol yerekanye ko niyo yava muri 1:55AM adateganya gucika intege

April 24, 2025
Imyidagaduro

Tom Close, Nel Ngabo na Bushali banyuze abitabiriye igitaramo cya ‘Isango na Muzika Awards Tour’I Huye

December 2, 2023
Andi makuru

M23 yahanuye indi Drone ya FARDC

February 10, 2024
Imyidagaduro

Israel Mbonyi yapfushije Sekuru

January 12, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?