SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yageze muri ‘Trinidad and Tobago’
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yageze muri ‘Trinidad and Tobago’
Andi makuru

Perezida Kagame yageze muri ‘Trinidad and Tobago’

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/05 at 6:40 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida Paul Kagame yageze muri Trinidad and Tobago, aho yitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango uhuriza hamwe ibihugu byo muri Caraïbes uzwi nka ‘CARICOM’.

Amakuru dukesha Village Urugwiro avuga ko Perezida Kagame yageze mu Murwa Mukuru wa Trinidad and Tobago, Port of Spain mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Nyakanga mu 2023.

Perezida Kagame yitabiriye iyi nama ya 45 isanzwe y’Abakuru ba Guverinoma z’ibihugu bigize CARICOM nk’umwe mu batumirwa mpuzamahanga.

Uretse Perezida Kagame mu bandi batumiwe muri iyi nama harimo Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres; Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken na Minisitiri w’Intebe wa Koreya.

Biteganyijwe ko abitabiriye iyi nama yatangiye ku wa 3-5 Nyakanga mu 2023 bazarebera hamwe ibijyanye no kwihaza mu biribwa ndetse n’ingamba zafatwa mu guhangana n’imihindagurikire y’ibihe.

Iyi nama kandi yahuriranye n’umuhango wo kwizihiza imyaka 50 ishize uyu muryango wa CARICOM ushinzwe.

Perezida Kagame yatumiwe muri iyi nama nyuma y’uko u Rwanda rutangiye gushimangira umubano n’ibihugu byo muri Caraïbes binyuze mu nziduko z’akazi aheruka kugirira muri Jamaica na Barbados.

 

 

 

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Uganda : Ingabo za UPDF zaburijemo igitero cy’iterabwoba I Munyonyo hagwa babiri

Martin Fayulu udacana uwaka na Tshisekedi biyemeje gufatanya kurwanya Joseph Kabila

I Kigali hateraniye inama itegura ibikorwa by’ingabo za EAC biteza imbere abaturage

RIB yasabye abanyarwanda kwirinda ababashukisha akazi keza mu mahanga bizezwa ubuzima bwiza

Nsanzabera Jean Paul July 5, 2023 July 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Israel Mbonyi yageze I Kigali yishimira uko yakiriwe n’Abanyakenya

August 14, 2024
Imyidagaduro

Danny Vumbi yakoreye i Musanze igitaramo cyo kumvisha abakunzi be alubumu ye yise 365

February 12, 2023
Imyidagaduro

Alyn Sano,Levixone, Daddy Andre na Wyre bibagije abanyarwanda imbeho mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction(Amafoto )

April 1, 2023
Imyidagaduro

Alyn Sano yahishuye ingorane yahuye nazo mu ikorwa ry’indirimbo Say Less

June 11, 2024
Imyidagaduro

Dj Sonia ukiri mu gahinda ko kubura musaza we yitandukanyije nabari kumuharabika ku mbuga nkoranyambaga

April 5, 2024
Imikino

Umunya-Serbie, Darko Nović ashobora kugirwa Umutoza mushya wa APR FC

June 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?